• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ibivugwa ku ngabo zikomeje kwisuka mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Ibivugwa ku ngabo zikomeje kwisuka mu Bibogobogo.
121
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku ngabo zikomeje kwisuka mu Bibogobogo.

You might also like

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo(Fardc), mu gice zigenzura cya Kivu y’Amajyepfo, bukomeje kohereza abasirikare benshi mu Bibogobogo, nyuma y’aho m23 igereye mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Kuva mu mpera za kiriya cyumweru gishize ni bwo abasirikare benshi ba FARDC batangiye koherezwa mu Bibogobogo, aho kuri ubu amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga ko bamaze kuhashyinga amakambi menshi kandi ko yashyizwe ku misozi itandukanye yo muri iki gice cya Bibogobogo giherereye mu birometero bibarirwa muri 70 uvuye mu Minembwe centre.

Ni mu gihe aha mu Bibogobogo hari hasanzwe abasirikare batarenze 50, nyuma yuko Ingabo z’u Burundi nazo zari zarahoherejwe zisubijwe i Baraka, umujyi uri mu ntera ngufi uvuye aha mu Bibogobogo.

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga aba basirikare ba Leta y’i Kinshasa boherejwe muri iki gice cya Bibogobogo mu gihe mu ntangiriro za kiriya cyumweru gishize mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge hageze abarwanyi benshi bo mu mutwe wa m23, bakaba barazanye n’umugaba mukuru w’ingabo za Twirwaneho, Brigadier General Charles Sematama uzwi cyane nk’Intare-Batinya, nyuma y’aho avuye muruzinduko i Bukavu aho yari yaragiye kwivuza nk’uko yakomeje abivuga.

Leta kohereza aba basirikare benshi aha mu Bibogobogo bikavugwa ko biri mu rwego rwo kugira ngo barinde umujyi wa Baraka udafatwa n’aba barwanyi bo muri Twirwaneho na m23. Usibye ko hari n’andi amakuru avuga ko biri mu nzira zo kugaba igitero kuri abo barwayi bageze mu Minembwe.

Abasirikare babarirwa mu magana ni bo bamaze koherezwa mu Bibogobogo, aho banashyinze amakambi mu duce dutandukanye hari nk’iyashyinzwe mu irango rya Ugeafi irebwa na Colonel Karateka, irango rya Gipimo hafi n’umuhana wa Magaja, nanone kandi indi kambi yashyizwe mu Bivumu, Rurimba, Kavumu n’indi iri muri Bibogobogo centre, ari nayo yari hasanzwe irebwa na Colonel Ntagawa Rubaba.

Hagataho, agace ka Bibogobogo kavugwamo aya makuru yavuzwe haruguru, bizwi ko gatuwe cyane cyane n’abo mu bwoko bw’Abanyamulenge, kakaba gaherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tags: BibogobogoFardc
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake Amakuru aturuka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko habereye imirwano ikomeye hagati y'imitwe ibiri...

Read moreDetails

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n'amazi Wazalendo babiri bishwe n'amazi ubwo bageragezaga guhunga nyuma y'aho basubiranyemo n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa Umuryango wa Colonel David Abuta Banza uramutabariza, nyuma y'aho umenye ko aho afungiwe i Kinshasa ahababariye bikomeye. Ni mu...

Read moreDetails

“Nari napfuye none nazutse”-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

"Nari napfuye none nazutse"-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'aho byari bigize iminsi bivugwa...

Read moreDetails

“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

"Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda" -Umujyanama wa Tshisekedi Umujyanama wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Fiston Chrisnovic Balanganyi, yavuze ko igihe kigeze ngo...

Read moreDetails
Next Post
Ibirimo kuvugwa nyuma y’aho visi perezida wa Sudan y’Epfo atawe muri yombi.

Sudan y'Epfo yavuze aho visi perezida afungiwe n'icyo imuziza, ndetse na Uganda igira icyo ivuga kubyo ishinjwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?