• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

minebwenews by minebwenews
May 14, 2025
in World News
0
Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’bose hamenyekana n’icyabiteye.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Abaturage basaga 25,000 bo mu gace ka Lice gaherereye mu ntara ya Diyarbakir mu gihugu cya Turkey, bisanze basinze bose, nyuma y’aho igipolisi gitwikiye urumugi rwinshi hafi yako gace umwotsi ukwira ikirere cyako kose.

Hari nyuma y’aho igipolisi cya Turkiya cyakoze umukwabo kigafata urumugi rwinshi, nyuma kikaza kurutwika.

Mu kwezi gushyize kwa kane uyu mwaka wa 2025, ni bwo ubutegetsi bwo muri Turkey bwafashe ingamba zo guwika toni zisaga 20 z’urumogi rwagiye rufatwa mu bihe bitandukanye rukaba rurunze mu mujyi wa Lice. Maze nyuma yo gutangaza iyo gahunda yo gutwika urwo rumogi, igipolisi cyarutwitse umwotsi warwo uzamuka mu kirere cyo muri ako gace uragikwira, bitewe nuko rwari rwinshi.

Muri uko gutwika, abaturage ntibashoye gukingura amadirishya cyangwa inzugi z’inzu zabo, abandi bakirinda gusohoka mu mazu ngo bajye hanze, uwo mwotsi ubamerera nabi kandi urabasindisha.

Ni bwo abenshi bagaragayeho ibimenyetso bigaragaza uwanyoye urumogi, harimo ukutabona neza, kugira isesemi no kuruka, kureba no kubona ibintu bidahari n’ibindi.

Aya makuru akomeza avuga ko urumogi rwatwitswe muri uwo mujyi wa Lice , rwari Toni 20 ngo zirengaho ibiro 766 n’amagana 679, rufite agaciro ka miliyari 10 z’ama-lira ya Trukey.

Urwo rumogi rwose ngo rwari rwarafashwe mu mikwabu itandukanye yabaye muri iyo ntara ya Diyarbakir mu mwaka wa 2023 na 2024.

Bamwe mubaturiye ako gace babwiye itangazamakuru ati: “Muri iyi minsi nti dushobora gukingura amadirishya. Umwotsi w’urumogi bari gutwika rwatwikiriye aka gace kacu kose. Abana bararwaye turaho nyine byo kubura ukundi tugira.”

Amwe mu mashirahamwe ashinzwe uburenganzira bwa muntu bo muri icyo gice bavuze ko nubwo gufata ingamba zo gukumira ibiyobyabwenge aribyiza, ariko ko uburyo byakozwemo bigatwika ataribwo. Kandi bavuga ko ibyakozwe bishobora gutera indwara zikomeye abaturiye ako gace.

Tags: BasinzeGutwikaLiceUrumogi
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?