• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

minebwenews by minebwenews
May 14, 2025
in World News
0
Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’bose hamenyekana n’icyabiteye.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Abaturage basaga 25,000 bo mu gace ka Lice gaherereye mu ntara ya Diyarbakir mu gihugu cya Turkey, bisanze basinze bose, nyuma y’aho igipolisi gitwikiye urumugi rwinshi hafi yako gace umwotsi ukwira ikirere cyako kose.

Hari nyuma y’aho igipolisi cya Turkiya cyakoze umukwabo kigafata urumugi rwinshi, nyuma kikaza kurutwika.

Mu kwezi gushyize kwa kane uyu mwaka wa 2025, ni bwo ubutegetsi bwo muri Turkey bwafashe ingamba zo guwika toni zisaga 20 z’urumogi rwagiye rufatwa mu bihe bitandukanye rukaba rurunze mu mujyi wa Lice. Maze nyuma yo gutangaza iyo gahunda yo gutwika urwo rumogi, igipolisi cyarutwitse umwotsi warwo uzamuka mu kirere cyo muri ako gace uragikwira, bitewe nuko rwari rwinshi.

Muri uko gutwika, abaturage ntibashoye gukingura amadirishya cyangwa inzugi z’inzu zabo, abandi bakirinda gusohoka mu mazu ngo bajye hanze, uwo mwotsi ubamerera nabi kandi urabasindisha.

Ni bwo abenshi bagaragayeho ibimenyetso bigaragaza uwanyoye urumogi, harimo ukutabona neza, kugira isesemi no kuruka, kureba no kubona ibintu bidahari n’ibindi.

Aya makuru akomeza avuga ko urumogi rwatwitswe muri uwo mujyi wa Lice , rwari Toni 20 ngo zirengaho ibiro 766 n’amagana 679, rufite agaciro ka miliyari 10 z’ama-lira ya Trukey.

Urwo rumogi rwose ngo rwari rwarafashwe mu mikwabu itandukanye yabaye muri iyo ntara ya Diyarbakir mu mwaka wa 2023 na 2024.

Bamwe mubaturiye ako gace babwiye itangazamakuru ati: “Muri iyi minsi nti dushobora gukingura amadirishya. Umwotsi w’urumogi bari gutwika rwatwikiriye aka gace kacu kose. Abana bararwaye turaho nyine byo kubura ukundi tugira.”

Amwe mu mashirahamwe ashinzwe uburenganzira bwa muntu bo muri icyo gice bavuze ko nubwo gufata ingamba zo gukumira ibiyobyabwenge aribyiza, ariko ko uburyo byakozwemo bigatwika ataribwo. Kandi bavuga ko ibyakozwe bishobora gutera indwara zikomeye abaturiye ako gace.

Tags: BasinzeGutwikaLiceUrumogi
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

Muri RDC abaganga bakangishije Tshisekedi kwimukira mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?