• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

minebwenews by minebwenews
June 4, 2025
in Regional Politics
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

You might also like

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC bakomoka mu ntara zivuga ururimi rw’igiswahili.

Byatangajwe n’umuvugizi wa Leta y’iki gihugu, Patrick Muyaya, wavuze ko nta gukurikirana kwihariye kwakozwe ku ba ofisiye ba FARDC.

Uyu muvugizi hubwo akaba yamaganye icyo yise gushaka kubiba nkana amacakubiri mu baturage ba Congo.

Ariko agaragaza ko kuba uri ofisiye uvuga ururimi rw’igiswahili bitavuze ko byabuza umuntu gukurikiranwa bibaye ngombwa.

Yagize ati: “Hariho kugerageza nkana kubiba amacakubiri, kugira ngo abantu bemere ko hari ugukurikiranwa kwihariye kuri ba ofisiye bavuga ururimi rw’igiswahili. Ariko, mumbabarire, kuba bavuga igiswahili ntibisonera umuntu gukurikiranwa mu gihe ibintu bitakozwe nk’uko byari bikwiye. Hano, turavuga ku ngabo; muzi uburyo ibibazo bya gisirikare bihangayikishije perezida Felix Tshisekedi ku rwego rwo hejuru?”

Muyaya yanavuze ko muri iki gihe abantu bakwiye kwirinda amagambo y’ivangura.

Ati: “Nifuzaga ko mwese mwabihagurukira nkatwe mu rwego rw’uyu muryango ukunda igihugu dufatinyirize hamwe gukumira ko ayo magambo avangura abaho kuko ari byo umwanzi ashakisha uko byagenda kose kugira ngo adutandukanye, kugira ngo yemeze ko hari ibibazo mu baturage.”

Ibyo yabitangaje nyuma y’aho imiryango Mpuzamahanga iharanira uburenganzira bwa muntu yashinjaga Leta y’i Kinshasa kwibasira abasirikare ba FARDC bakuru, bavuga ururimi rw’igiswahili, aho ndetse bivugwa kugeza ubu abajenerali 29 muri bo bamaze gutabwa muri yombi.
Igitangaje aba bose bafungiwe ahatazwi, kandi kugeza ubu ibyo bafungiwe ntibizwi; bagaheraho bavuga ko bashobora kuba bazira inkomoko yabo.

Tags: FardcRdcUrurimi rw'igiswahili
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC Guverinoma y'u Rwanda yamaganye ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bushinja ingabo zarwo kuryanisha Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Kabila yasabwe kuva i Goma.

Icyo ubutegetsi bwa RDC bwategetse itangazamakuru kuri Kabila.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?