• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
June 6, 2025
in World News
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Perezida w’u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, ko agiye kwihorera ku gitero cya cya Ukraine cy’amateka iheruka kugaba ku butaka bw’igihugu cye kikangiza byinshi birimo n’intwaro kirimbuzi.

Bikubiye mu kiganiro uyu mukuru w’igihugu cy’u Burusiya yagiranye n’uwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ni ikiganiro amakuru agaragaza ko cy’amaze iminota 75, bivuze ko cyamaze isaha n’iminota cyumi nitanu.

Perezida wa Amerika warangije agira icyavuga kuri iki kiganiro yagiranye na perezida w’u Burusiya, yagaragaje ko Putin yamuhishuriye ko agomba kwihorera kuri iki gitero, kabone ngo nubwo baganiraga ku mahoro.
Trump yemeje ko nta cyemezo cyafashwe ku ihagarikwa ry’intambara muri Ukraine.

Ni mu gihe perezida wa Ukraine nawe, Volodymyr Zelensky yateye utwatsi ibyo yise “ultimatum” y’u Burusiya, asaba ihagarikwa ry’intambara ryihuse kandi ridafite ibyo risaba. Yanasabye abatera nkunga be kudacika intege imbere y’ibyago by’ihorera ry’u Burusiya.

Putin ashyira imbere kwihorera kubera igitero cya drones Ingabo za Ukraine zagabye ku butaka bw’igihugu cye cyiswe “operation spider’s web.” Bivugwa ko iki gitero Ukraine yagiteguye mu gihe cy’umwaka n’amezi atandatu, cyibasira ibirindiro bine by’indege za gisirikare z’u Burusiya. Kuko cyanashwanyaguje n’indege z’intambara 40.

Amashusho ya satellite yagaragaje indege za Tu-95 na Tu-22M zangiritse ku kibuga cya Belaya.

Putin yanavuganye na Papa Leo XIV, uyu muyobozi wa kiliziya gatolika amusaba ubushake bwo kugera ku mahoro.
Putin avuga ko yifuza amahoro binyuze mu biganiro, ariko ashinja Ukraine ibikorwa by’iterabwaba ku butaka bw’u Burusiya.

Trump uyu waganiriye na Putin, ubwo yarimo yiyamamaza ku mwanya w’u mukuru w’igihugu cya Amerika, hari aho yageze avuga ko we ashobora kurangiza intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya mu gihe cy’amazaha 24 gusa, ariko kugeza ubu nta cyemezo gifatika cyafashwe. Abatavuga rumwe na we bavuga ko uburyo bwe bwo kutamagana Putin bushobora gukomeza intambara.

Mu gihe bikiruko, isi yose itegereje igisubizo cy’u Burusiya, mu gihe impaka ku mahoro n’intambara zikomeje kwiyongera.

Tags: ikiganiroIntambaraPutinTrump
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?