• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 24, 2025
in Religion
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

You might also like

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo yakoraga igitangaza inyanja igatuza, nyuma y’aho umuhengeri wari wabaye mwinshi.

Ubu bwato bwavumbuwe mu 1986, muri iyi minsi abaribwo bashaka kwemeza ko aribwo Yesu yagendeyemo.

Bavuga ko buriya bwato bwakoreshwaga mu kuroba muri icyo gihe, bukaba buhuye n’ibyo Bibiriya yigisha, kandi hafi yaho basanze amatara, n’amasafuriya bivuze ko ubwo bwato bwari mu rugendo rw’ijoro.

Impuguke mu bijyanye no gushaka ibisigaratongo, Danny Herman, yasobanuye ko ubu bwato buhuzwa n’ibyo Bibiriya ivuga ku gitangaza Yesu yakoze kunyanja ya Galileya ubwo yarikumwe n’abigishwa be 12.

Ubu bwato bwavumbuwe mu majyaruguru ya Israel, ubwo imvura yamaraga igihe kirekire itagwa muri icyo gice, ibyanatumye iyi nyanja ikama kuburyo ibyari munsi mu mazi bigaragara.

Ariko nubwo hari byinshi bihuza ubu bwato n’ibyanditswe muri Bibiriya, abashakashatsi bavuga ko batahita bemeza ko aribwo bwato Yesu yagezemo, ngo kandi icyo gihe hari ubwato burenga 600.

Tags: InyanjaUbwatoYagendeyemoYesu
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails

RDC: Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe.

by Bruce Bahanda
August 8, 2025
0
RDC: Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe.

RDC:Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe. Amani ministries iyobowe na Bishop Faustin Rwakabuba, yahurije Abanye-Congo bo mu moko atandukanye mu giterane kigamije kubigisha "kubana bose mu mahoro...

Read moreDetails

Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye. Abantu benshi burya buri munsi bararota, abandi nabo bibwira ko batarota ariko sibyo, bararota ahubwo...

Read moreDetails
Next Post
FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y’i Kinshasa.

FDLR ikomeje gukingirwa ikibaba na Leta y'i Kinshasa.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?