• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 7, 2025
in Conflict & Security
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

You might also like

FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke

Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi

Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hagabwe igitero cy’ihuriro ry’ingabo za Congo, ariko ko kitigeze kihatinda, kuko Twirwaneho yahise igisubiza inyuma rugikubita.

Ni mu butumwa bwanditse twahawe kuri Minembwe Capital News, aho buvuga ko umutwe wa Twirwaneho wavugutiye umuti ingabo za FARDC n’abambari bazo bari bawugabyeho kiriya gitero.

Ubwo butumwa bugira buti: “Ingabo za Leta, igitero zagabye mu Rugezi nticyahatinze, Twirwaneho yahise igisubiza inyuma ako kanya.”

Iki gitero cyahagabwe amasaha y’igitondo cya kare cyo kuri iki cyumweru tariki ya 07/09/2025.

Kigabwa ahitwa ku w’Ihene n’i Muchikachika, aha akaba ari mu bice bigenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho kuva mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka, nyuma y’aho uhirukanye Wazalendo, FDLR, Ingabo z’u Burundi, utaretse n’iza RDC.

Amakuru akomeza avuga ko Twirwaneheho mu kwirukana ruriya ruhande rwa Leta rwarirwayigabyeho iki gitero yaberekeje mu gice cya Gasiro werekeza i Milimba ahazwi nko mu ndiri ikomeye ya FDLR na Wazalendo.

Iki gitero cyaje gukurikira ikindi cyahagabwe hagati muri iki cyumweru no mu ntangiriro zacyo.

Ndetse ibindi byagiye bigabwa mu Mikenke mu bice byayo bitandukanye harimo n’ibyagabwe ku Bilalombiri. Ariko byose byagiye birangira uyu mutwe wa Twirwaneho ubisubije inyuma.

Tags: IgiteroRugezi
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke

FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, zirashinjwa gushimuta umugabo wo mu bwoko bw'Ababembe mu Mikenke muri secteur ya Itombwe, teritware...

Read moreDetails

Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye

Amakuru meza agezweho i Mulenge, ya some mu nkuru irambuye Amakuru meza avugwa i Mulenge iwabo w'Abanyamulenge, mu misozi ihanamiye ikibaya cya Rusizi n'ikiyaga cya Tanganyika mu ntara...

Read moreDetails

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi

AFC/M23 yigaruriye uduce dushya tugera mu icumi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryafashe ibindi bice bishya byo muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, nyuma...

Read moreDetails

Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Ababarirwa muri 5 ni bo bamaze kugwa mu myigaragambyo iri kubera i Uvira abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye

Imyigaragambyo iri kubera Uvira imaze kugwamo ababarirwa muri 5 abandi imirongo bayikomerekeyemo, inkuru irambuye Abantu batanu ni bo bamaze kumenyekana baguye mu myigaragambyo ikomeje kubica bigacika mu mujyi...

Read moreDetails

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Abigaragambya bahaye Brig.Gen. Gasita isaha ntarengwa zo kuba yavuye muri Uvira Mu gihe igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Uvira cyari cyatanze itegeko ryo kurasa abigaragambya...

Read moreDetails
Next Post
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

Abanyamulenge badaciye ku ruhande babwiye Meya wa Uvira akaga bari gukorerwa, n'impamvu bagakorerwa

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?