• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, July 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo n’abanyekongo batiyumvamo perezida Paul Kagame, wiswe intwari y’Afrika, bagenewe ubutumwa.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2024
in Regional Politics
0
Abarimo n’abanyekongo batiyumvamo perezida Paul Kagame, wiswe intwari y’Afrika, bagenewe ubutumwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwageneye ubutumwa abanyekongo batiyumvamo perezida w’igihugu cyabo Paul Kagame.

You might also like

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Ni u Rwanda rwa bitangaje binyuze mu muvugizi wayo, Yolande Makolo, abinyujije k’urubuga rwa X, avuga ku nkuru iheruka gutangazwa n’i Kinyamakuru cya African Stream.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga nuko “mu butumwa buherekeje inkuru y’amashusho y’iki Kinyamakuru, ibaza abantu impamvu perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akwiye gufatwa nk’i ntwari y’Afrika.

Ati: “Perezida Paul Kagame yabaye ikirangirire mu banyafrika kuri uyu mugabane wose, akunze gutanga ibitekerezo by’u buhanga avuga ku bwibone bw’i bihugu by’u Burengerazuba bw’isi.”

Kiriya Kinyamakuru gikomeza kibaza niba perezida w’u Rwanda Paul Kagame, akwiye kwitwa intwari y’Afrika, n’ubwo haba hari Abanyafrika bamwe batamwibonamo, ahanini nk’abanyekongo bakunze gushinja u Rwanda ibinyoma ko rufasha umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Aharero niho umuvugizi wa leta ya Kigali, Yolande Makolo abinyujije k’urubuga rwa X, yatanze igitekerezo kuririya nkuru, avuga ko ibyagezweho na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame bikwiye gutuma aba igihangange n’intwari y’u Rwanda no muri Afrika muri rusange.

Yagize ati: “Ibya gezweho n’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame nk’i ntwari y’Umunyarwanda n’umunyafrika, birivugira kandi ntabwo bishobora gukurwaho. Hamwe na RPF ni umuyobozi w’u munyafrika wabohoye, akongera kubaka ndetse akanarinda u Rwanda, kandi ibi ni byo akomeje gukora.”

Uy’u muvugizi w’u Rwanda yanavuze ko Abanyarwanda bagenda bafatira urugero rwiza kuri perezida wabo, Paul Kagame.

Ati: “Iy’i niyo mpamvu Abanyafrika ba mwibonamo. Twese turi Abanyafrika. Abayobozi ba RDC bakwiye kubigenzereza igihugu cyabo nk’uko yabikoze.”

Yolande Makolo yanavuze ko abanyekongo batibonamo perezida w’u Rwanda neza, hubwo ko bari bakwiye ku mwigiraho, aho guhora bashira imbere ibikorwa bibi bibangamira imibereho y’abaturage ba Banyekongo.

Ni kenshi perezida Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagiye yumvikana avuga ko ashaka gukuraho ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame, mu gihe bizwi ko imiyoborere y’u Rwanda ikomeje kuba intangarugero ku Isi yose.

Muri icyo gihe Tshisekedi yavuze ko azakuraho ubutegetsi bwa Kigali akoresheje imbaraga za gisirikare.

Gusa perezida w’u Rwanda, ntiyatinze kubitangazwa n’abamwe mu bategetsi ba RDC ahubwo yaburiye abaturage b’u Rwanda kuryama bagasinzira ababwira ko umutekano w’i Gihugu cyabo, ko urinzwe.

            MCN.
Tags: AbatiyumvamoBagenewe ubutumwaPaul Kagame w'u RwandaUbutumwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by'Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n'Igitutu cya Politiki MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka ku hazaza h'ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
La RDC entre dans une phase politique décisive : la décision de la Cour constitutionnelle relance le débat. Le pouvoir de Félix Tshisekedi est-il menacé ? Analyse approfondie

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bwa Twirwaneho, buramagana inkuru zibihuha zigamije gushira Abanyamulenge mu kaga.

Ubuyobozi bwa Twirwaneho, buramagana inkuru zibihuha zigamije gushira Abanyamulenge mu kaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?