• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo n’abanyekongo batiyumvamo perezida Paul Kagame, wiswe intwari y’Afrika, bagenewe ubutumwa.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2024
in Regional Politics
0
Abarimo n’abanyekongo batiyumvamo perezida Paul Kagame, wiswe intwari y’Afrika, bagenewe ubutumwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwageneye ubutumwa abanyekongo batiyumvamo perezida w’igihugu cyabo Paul Kagame.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni u Rwanda rwa bitangaje binyuze mu muvugizi wayo, Yolande Makolo, abinyujije k’urubuga rwa X, avuga ku nkuru iheruka gutangazwa n’i Kinyamakuru cya African Stream.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga nuko “mu butumwa buherekeje inkuru y’amashusho y’iki Kinyamakuru, ibaza abantu impamvu perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akwiye gufatwa nk’i ntwari y’Afrika.

Ati: “Perezida Paul Kagame yabaye ikirangirire mu banyafrika kuri uyu mugabane wose, akunze gutanga ibitekerezo by’u buhanga avuga ku bwibone bw’i bihugu by’u Burengerazuba bw’isi.”

Kiriya Kinyamakuru gikomeza kibaza niba perezida w’u Rwanda Paul Kagame, akwiye kwitwa intwari y’Afrika, n’ubwo haba hari Abanyafrika bamwe batamwibonamo, ahanini nk’abanyekongo bakunze gushinja u Rwanda ibinyoma ko rufasha umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Aharero niho umuvugizi wa leta ya Kigali, Yolande Makolo abinyujije k’urubuga rwa X, yatanze igitekerezo kuririya nkuru, avuga ko ibyagezweho na perezida w’u Rwanda, Paul Kagame bikwiye gutuma aba igihangange n’intwari y’u Rwanda no muri Afrika muri rusange.

Yagize ati: “Ibya gezweho n’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame nk’i ntwari y’Umunyarwanda n’umunyafrika, birivugira kandi ntabwo bishobora gukurwaho. Hamwe na RPF ni umuyobozi w’u munyafrika wabohoye, akongera kubaka ndetse akanarinda u Rwanda, kandi ibi ni byo akomeje gukora.”

Uy’u muvugizi w’u Rwanda yanavuze ko Abanyarwanda bagenda bafatira urugero rwiza kuri perezida wabo, Paul Kagame.

Ati: “Iy’i niyo mpamvu Abanyafrika ba mwibonamo. Twese turi Abanyafrika. Abayobozi ba RDC bakwiye kubigenzereza igihugu cyabo nk’uko yabikoze.”

Yolande Makolo yanavuze ko abanyekongo batibonamo perezida w’u Rwanda neza, hubwo ko bari bakwiye ku mwigiraho, aho guhora bashira imbere ibikorwa bibi bibangamira imibereho y’abaturage ba Banyekongo.

Ni kenshi perezida Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagiye yumvikana avuga ko ashaka gukuraho ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame, mu gihe bizwi ko imiyoborere y’u Rwanda ikomeje kuba intangarugero ku Isi yose.

Muri icyo gihe Tshisekedi yavuze ko azakuraho ubutegetsi bwa Kigali akoresheje imbaraga za gisirikare.

Gusa perezida w’u Rwanda, ntiyatinze kubitangazwa n’abamwe mu bategetsi ba RDC ahubwo yaburiye abaturage b’u Rwanda kuryama bagasinzira ababwira ko umutekano w’i Gihugu cyabo, ko urinzwe.

            MCN.
Tags: AbatiyumvamoBagenewe ubutumwaPaul Kagame w'u RwandaUbutumwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ubuyobozi bwa Twirwaneho, buramagana inkuru zibihuha zigamije gushira Abanyamulenge mu kaga.

Ubuyobozi bwa Twirwaneho, buramagana inkuru zibihuha zigamije gushira Abanyamulenge mu kaga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?