• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abavuga ko Joseph Kabila, wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko yahunze igihugu, bahawe igisubizo.

minebwenews by minebwenews
March 31, 2024
in Regional Politics
0
Abavuga ko Joseph Kabila, wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko yahunze igihugu, bahawe igisubizo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abo mu ishyaka rya Joseph Kabila wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bashubije abo mu ishyaka rya UDPS bari batangaje ko Joseph Kabila yahunze igihugu.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

N’ibyari bya tanzweho amakuru n’urwego rwa DGM rushinzwe abasohoka na binjira, avuga ko “Joseph Kabila yahunze igihugu.”

Nyuma yaho gato Augustin Kabuya, umunyabanga mukuru w’i shyaka riri ku butegetsi rya UDPS, yahise asohora itangazo rivuga ko bafite amakuru ahagije, bahawe n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka(DGM ), ko “Joseph Kabila yahunze igihugu.”

Itangazo rya Augustin Kabuya rigakomeza rivuga ko”Joseph Kabila yahunze igihugu ku mpamvu z’uko ari inyuma y’ibitero byibasiye igihugu mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko ndetse ashigikiye umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.”

Itangazo rya Augustin Kabuya risoza rivuga ko “amakuru bahawe n’urwego rwa DGM agaragaza ko Joseph Kabila yahunze igihugu ku itariki ya 30/03/2024.”

Ibi nibyo bwana Barbara Nzimbi wo mu ishyaka rya Joseph Kabila yise ubuhemu no kuyobya igihugu.

Yagize ati: “Abanyekongo tumaze kumenya amayeri ya UDPS. Igihe cyose iyo mushaka ho umuntu impamvu mu mushinja ibinyoma mu rwego rwo kugira ngo murebe uko mu mugenza.”

Yakomeje agira ati: “Ibyo mu vuga ntashingiro na rito bifite, Joseph Kabila wakoze amateka, akora ihererekanwa bubashya, ubutegetsi abuha Tshisekedi none ubu mutangiye ku mu harabika. Kabila ari gukurikirana ibya masomo ye, mu gihugu cya Afrika y’Epfo.”

Nzambi yanavuze ko Joseph Kabila yasohotse igihugu mu buryo bwemewe n’amategeko ko kandi azakigarukamo igihe azaba abishyaka.”

Ati: “Yasohotse mu buryo bu kwiye, kandi azongera agaruke igihe yishyakiye. Ari gukurikirana ibya masomo ye.”

Ibi bibaye mu gihe ubutegetsi bwa Kinshasa bugize igihe bushinja Ishyaka rya PPRD gushigikira AFC/?/M23. Ni nyuma y’uko abenshi bo muri iryo Shyaka biyunze kwa Corneille Nangaa.

Ku rundi ruhande umuvugizi wa PPRD yasobanuye ko kuba hari abava muri PPRD bakiyunga na AFC ari nk’uko hari n’abava mu ishyaka rya UDPS bakaja ahandi, avuga ko ibyo ari bisanzwe bitogirwa impamvu.

               MCN.
Tags: Joseph KabilaYahunze igihugu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’idini katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Frodolin Ambongo, yagize icyavuga ku gisirikare cya FARDC.

Umukuru w'idini katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Frodolin Ambongo, yagize icyavuga ku gisirikare cya FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?