• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 yavuze ko igihe kigeze cyo guhirika perezida Felix Tshisekedi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 6, 2025
in Conflict & Security
0
Mu gihe gito AFC/M23 yungutse abasirikare bakabakaba ibihumbi 20
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yavuze ko igihe kigeze cyo guhirika perezida Felix Tshisekedi

You might also like

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye

Umugaba w’Ingabo z’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 Major General Sultan Makenga, yatangaje ko abasirikare be bagiye guhirika perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ku butegetsi, kandi ko igihe ari iki.

Ni ijambo yavugiye i Tchanzu ubwo bakoraga umuhango wo gusoza amahugurwa y’abasirikare bashya binjijwe mu bandi b’uyu mutwe, binagaragara ko uyu mahango wabaye mu mpera zakiriya cyumweru gishize.

Aba basirikare bashya binjijwe muri AFC/M23 ni 9,350, bakaba baje basanga abandi 7,447 n’abo bashya baheruka kuyinjizwamo mu mpera z’ukwezi gushize kwa cyenda.

Ubwo bari muri uyu muhango, Maj.Gen. Sultan Makenga wari uwuyoboye, yabwiye abasirikare ko intego yabo ari uguhirika perezida Felix Tahisekedi.

Yagize ati: “Intego ni ukuvanaho ubuyobozi bwigitugu. Abanye-kongo barashaka kuruhuka, bave mu mibabaro.”

Uretse Maj.Gen. Sultan Makenga n’umuyobozi wungirije wa AFC/M23, akaba na perezida w’uyu mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yavuze ko “impindura matwara igeze mu cyiciro cyayo cy’ingenzi,” ashimangira ko “kubohoza igihugu ari yo mpamvu yonyine ituma bongera imbaraga mu rugamba.”

Ibyo byabaye mu gihe kandi uyu mutwe ukomeje kwagura ibirindiro byabo, kuko umusibo w’aha’rejo ku cyumweru tariki ya 05/10/2025, wafashe uduce tubiri duherereye mu ntara ya Kivu y’Epfo.

Wigaruriye agace ka Chulwe na Lubimbe. Utwo twombi duherereye kurubibi rwa teritware ya Shabunda, Mwenga na Walungu.

Imirwano yo gufata utwo duce, amakuru agaragaza ko yatangiye mu rukerera rwo ku wa gatandatu tariki ya 04/10/2025, aho yanatangiriye mu gace ka Kibandamangabo na Mayimingi.

N’uduce na two byarangiye tugiye mubiganza by’uyu mutwe ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Gufata utwo duce, byari nyuma y’imirwano ikaze, aho kandi yanasize uru ruhande rurwana ku ruhande rwa Leta rugizwe n’ingabo za FARDC, iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro ya wazalendo na FDLR bahungiye mu duce two muri Shabunda.

Tags: AFC/m23GuhirkaTshisekedi
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

RDC na AFC/M23 Bageze ku Masezerano Akomeye y’Amahoro—Icyizere Gishya mu Burasirazuba Mu rwego rwo gushaka umuti urambye w’amakimbirane amaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero

Igitero Simusiga cya Drone kuri Point Zero Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Point Zero gaherereye muri teritware ya Mwenga, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Mahoro ya RDC Hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa

Ibiganiro hagati ya Kinshasa na AFC/M23 mu Busuwisi byageze mu ihurizo rikomeye Mu gihe amahanga yari ategereje ko ibiganiro by’amahoro bibera mu Busuwisi bizatanga umusaruro ugaragara, gahunda yo...

Read moreDetails

RDC: Ese ibiganiro byo mu Busuwisi bizaba intangiriro y’amahoro arambye cyangwa indi nshuro y’amasezerano adatanga umusaruro?

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Ubusesenguzi bwa MRC ku Masezerano hagati ya AFC/M23 na Leta ya Kinshasa mu Busuwisi

RDC: Ese ibiganiro byo mu Busuwisi bizaba intangiriro y’amahoro arambye cyangwa indi nshuro y’amasezerano adatanga umusaruro? Mu gihe umutekano muke ukomeje kuranga uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Kinshasa Yatangaje ku Bagororwa ba AFC/M23 Ifunze, Igaragaza n’abo Igiye Kurekura

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Severe Torture and Persecution of Banyamulenge in the DRC—The Cases of Col. Gapanda and Lt. Col. Muragizi Reveal a Disturbing Reality

Kinshasa Yatangaje ku Bagororwa ba AFC/M23 Ifunze, Igaragaza n’abo Igiye Kurekura Mu makuru yihariye akomeje gukurikiranwa n’abasesenguzi ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma y’aho RDC yinangiye, u Rwanda rwatangaje ko “inzira y’amahoro igomba gutanga umusaruro

Nyuma y'aho RDC yinangiye, u Rwanda rwatangaje ko "inzira y'amahoro igomba gutanga umusaruro

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?