• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23 yavuze ko igihe kigeze cyo guhirika perezida Felix Tshisekedi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 6, 2025
in Conflict & Security
0
Mu gihe gito AFC/M23 yungutse abasirikare bakabakaba ibihumbi 20
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23 yavuze ko igihe kigeze cyo guhirika perezida Felix Tshisekedi

You might also like

COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE

Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées

Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje

Umugaba w’Ingabo z’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 Major General Sultan Makenga, yatangaje ko abasirikare be bagiye guhirika perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ku butegetsi, kandi ko igihe ari iki.

Ni ijambo yavugiye i Tchanzu ubwo bakoraga umuhango wo gusoza amahugurwa y’abasirikare bashya binjijwe mu bandi b’uyu mutwe, binagaragara ko uyu mahango wabaye mu mpera zakiriya cyumweru gishize.

Aba basirikare bashya binjijwe muri AFC/M23 ni 9,350, bakaba baje basanga abandi 7,447 n’abo bashya baheruka kuyinjizwamo mu mpera z’ukwezi gushize kwa cyenda.

Ubwo bari muri uyu muhango, Maj.Gen. Sultan Makenga wari uwuyoboye, yabwiye abasirikare ko intego yabo ari uguhirika perezida Felix Tahisekedi.

Yagize ati: “Intego ni ukuvanaho ubuyobozi bwigitugu. Abanye-kongo barashaka kuruhuka, bave mu mibabaro.”

Uretse Maj.Gen. Sultan Makenga n’umuyobozi wungirije wa AFC/M23, akaba na perezida w’uyu mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yavuze ko “impindura matwara igeze mu cyiciro cyayo cy’ingenzi,” ashimangira ko “kubohoza igihugu ari yo mpamvu yonyine ituma bongera imbaraga mu rugamba.”

Ibyo byabaye mu gihe kandi uyu mutwe ukomeje kwagura ibirindiro byabo, kuko umusibo w’aha’rejo ku cyumweru tariki ya 05/10/2025, wafashe uduce tubiri duherereye mu ntara ya Kivu y’Epfo.

Wigaruriye agace ka Chulwe na Lubimbe. Utwo twombi duherereye kurubibi rwa teritware ya Shabunda, Mwenga na Walungu.

Imirwano yo gufata utwo duce, amakuru agaragaza ko yatangiye mu rukerera rwo ku wa gatandatu tariki ya 04/10/2025, aho yanatangiriye mu gace ka Kibandamangabo na Mayimingi.

N’uduce na two byarangiye tugiye mubiganza by’uyu mutwe ugamije gushyiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Gufata utwo duce, byari nyuma y’imirwano ikaze, aho kandi yanasize uru ruhande rurwana ku ruhande rwa Leta rugizwe n’ingabo za FARDC, iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro ya wazalendo na FDLR bahungiye mu duce two muri Shabunda.

Tags: AFC/m23GuhirkaTshisekedi
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE

COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE Mu gihe amakuru yatangajwe ku wa Kabiri yavugaga ko Colonel Mayele, uzwi cyane ku izina rya Makelele, yitabye...

Read moreDetails

Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées

Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées Des informations en provenance de la zone de Minembwe et de ses environs indiquent...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje

Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Minembwe no mu nkengero zako avuga ko hakomeje kugaragara...

Read moreDetails

Les attaques se poursuivent dans les villages habités par les Banyamulenge alors que Kinshasa se concentre sur la révision de la Constitution

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
BREAKING NEWS:FARDC n’abo bafatanyije bagabye ibitero mu duce dutuwe n’Abanyamulenge mu misozi y’i Mulenge – imirwano ikomeye iracyakomeje

Les attaques se poursuivent dans les villages habités par les Banyamulenge alors que Kinshasa se concentre sur la révision de la Constitution Alors que la République démocratique du...

Read moreDetails

Ibitero Bikomeje Kugabwa mu Mihana y’Abanyamulenge mu Gihe Kinshasa Ihugiye mu Mpaka zo Guhindura Itegeko Nshinga

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
BREAKING NEWS: Imirwano Ikaze i Mulenge Yafashe Indi Ntera – Mikenke Mu Maboko ya MRDP-Twirwaneho, Ibitero bya FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Byongeye Kuburizwamo

Ibitero Bikomeje Kugabwa mu Mihana y'Abanyamulenge mu Gihe Kinshasa Ihugiye mu Mpaka zo Guhindura Itegeko Nshinga Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kujya impaka ku mushinga...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma y’aho RDC yinangiye, u Rwanda rwatangaje ko “inzira y’amahoro igomba gutanga umusaruro

Nyuma y'aho RDC yinangiye, u Rwanda rwatangaje ko "inzira y'amahoro igomba gutanga umusaruro

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?