• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika: Donald Trump yegukanye umwanya w’umukuru w’igihugu.

minebwenews by minebwenews
November 6, 2024
in World News
0
Amerika: Donald Trump yegukanye umwanya w’umukuru w’igihugu.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika: Donald Trump yegukanye umwanya w’umukuru w’igihugu.

You might also like

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Donald Trump wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yamaze kwizera intsinzi nyuma yo kwegukana Leta zisanzwe zizwi ko ari ingenzi zo muri iki gihugu cy’igihangange, muri izo harimo iya Pennsylvania, Georgia, North Carolina, Michigan, Arizona, Wisconsin n’izindi. Ibi biha visi perezida Harris Kamala amahirwe angana n’ubusa; mugihe yari gutsinda aya matora yari kuba abaye umugore wa mbere wari ugiye kuyobora iki gihugu, aho yari asanzwe ari na visi perezida wa Joe Biden.

Amakuru ava muri iki gihugu avuga ko Leta zitatu gusa izirimo Pennsylvania, Georgia, North Carolina, zahesheje bwana Donald Trump, agera kuri 267 mu gihe hasabwa 270 ngo intsinzi iboneke. Kamala Harris we akaba yabonye agera 224.

Ibi byatumye bwana Donald Trump atangaza intsinzi, aho yashimye imbaga y’abakunzi be bari bakoraniye muri Leta ya Florida.

Yagize ati: “Ndifuza kubashimira cyane mwese; ibi ni agatangaza, hamwe n’ibihumbi by’inshuti zakoraniye hano!”

Bwana Donald ubwo yagezaga ku bantu be ijambo, yanijeje Abanyamerika kuzabarwanirira yivuye inyuma.

Ati: “Dukomeze amateka uyu mugoroba kubw’impamvu, twarenze ibizazane umuntu utumvaga ko byoshoboka, ariko iyi ni intsinzi ya politiki iguhugu cyacu kitigeze kugira. Ndifuza gushimira abaturage b’Amerika ku cyizere cyabo kidasanzwe cyo kuba nongeye gutorerwa kuba perezida wa 47, narabaye perezida wa 45! Kandi buri muturage nzamurwanirira, ndwanire imiryango yanyu, n’ahazaza hanyu. Buri munsi nzahora mbarwanirira n’imbaraga zanjye zose.”

Bamwe mu bategetsi bohirya no hino ku isi, n’imiryango mpuzamahanga batangiye kohereza Trump ubutumwa bwo ku mushimira.

Muri abo, barimo na bwana minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, aho yagize ati: “Ishimwe kuri perezida watowe Trump kubw’iyintsinzi yawe y’amateka mu matora. Niteguye gukorana nawe mu myaka iri imbere. Nk’abavandimwe bahafi.”

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron nawe yahaye ubutumwa bwogushimira Donald Trump kuri iyi ntsinzi yamaze kubona.

Mu bandi bategetsi bamugeneye ubutumwa barimo perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yavuze ko yiteguye gukorana nawe.

Kurundi ruhande, kuba Donald Trump yamaze kwizera intsinzi, ishyaka rye ry’Abarepubulikani ryegukanye ubwiganze ku myanya 100 y’abagize umutwe wa Sena, nubwo hataramenyekana ishyaka riza kugira ubwiganze ku mwanya w’abadepite.

Tags: AmerikaIntsinziTrump
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv Intambara hagati y'u Burusiya na Ukraine ikomeje gufata indi ntera, nyuma y'uko mu gitondo cyo ku wa...

Read moreDetails

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura MINEMBWE CAPITAL NEWS Umwuka wa politiki n'umutekano...

Read moreDetails

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n'Icyo Bisobanura MINEMBWE CAPITAL NEWS Imyitwarire ya Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails
Next Post
Muri Nigeria haravugwa amakuru y’urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu.

Muri Nigeria haravugwa amakuru y'urupfu rw'umugaba mukuru w'ingabo z'iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?