• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika: Donald Trump yegukanye umwanya w’umukuru w’igihugu.

minebwenews by minebwenews
November 6, 2024
in World News
0
Amerika: Donald Trump yegukanye umwanya w’umukuru w’igihugu.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika: Donald Trump yegukanye umwanya w’umukuru w’igihugu.

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Donald Trump wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yamaze kwizera intsinzi nyuma yo kwegukana Leta zisanzwe zizwi ko ari ingenzi zo muri iki gihugu cy’igihangange, muri izo harimo iya Pennsylvania, Georgia, North Carolina, Michigan, Arizona, Wisconsin n’izindi. Ibi biha visi perezida Harris Kamala amahirwe angana n’ubusa; mugihe yari gutsinda aya matora yari kuba abaye umugore wa mbere wari ugiye kuyobora iki gihugu, aho yari asanzwe ari na visi perezida wa Joe Biden.

Amakuru ava muri iki gihugu avuga ko Leta zitatu gusa izirimo Pennsylvania, Georgia, North Carolina, zahesheje bwana Donald Trump, agera kuri 267 mu gihe hasabwa 270 ngo intsinzi iboneke. Kamala Harris we akaba yabonye agera 224.

Ibi byatumye bwana Donald Trump atangaza intsinzi, aho yashimye imbaga y’abakunzi be bari bakoraniye muri Leta ya Florida.

Yagize ati: “Ndifuza kubashimira cyane mwese; ibi ni agatangaza, hamwe n’ibihumbi by’inshuti zakoraniye hano!”

Bwana Donald ubwo yagezaga ku bantu be ijambo, yanijeje Abanyamerika kuzabarwanirira yivuye inyuma.

Ati: “Dukomeze amateka uyu mugoroba kubw’impamvu, twarenze ibizazane umuntu utumvaga ko byoshoboka, ariko iyi ni intsinzi ya politiki iguhugu cyacu kitigeze kugira. Ndifuza gushimira abaturage b’Amerika ku cyizere cyabo kidasanzwe cyo kuba nongeye gutorerwa kuba perezida wa 47, narabaye perezida wa 45! Kandi buri muturage nzamurwanirira, ndwanire imiryango yanyu, n’ahazaza hanyu. Buri munsi nzahora mbarwanirira n’imbaraga zanjye zose.”

Bamwe mu bategetsi bohirya no hino ku isi, n’imiryango mpuzamahanga batangiye kohereza Trump ubutumwa bwo ku mushimira.

Muri abo, barimo na bwana minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, aho yagize ati: “Ishimwe kuri perezida watowe Trump kubw’iyintsinzi yawe y’amateka mu matora. Niteguye gukorana nawe mu myaka iri imbere. Nk’abavandimwe bahafi.”

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron nawe yahaye ubutumwa bwogushimira Donald Trump kuri iyi ntsinzi yamaze kubona.

Mu bandi bategetsi bamugeneye ubutumwa barimo perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yavuze ko yiteguye gukorana nawe.

Kurundi ruhande, kuba Donald Trump yamaze kwizera intsinzi, ishyaka rye ry’Abarepubulikani ryegukanye ubwiganze ku myanya 100 y’abagize umutwe wa Sena, nubwo hataramenyekana ishyaka riza kugira ubwiganze ku mwanya w’abadepite.

Tags: AmerikaIntsinziTrump
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
Muri Nigeria haravugwa amakuru y’urupfu rw’umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu.

Muri Nigeria haravugwa amakuru y'urupfu rw'umugaba mukuru w'ingabo z'iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?