• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe igihugu cya Sudan ntigicana uwaka n’umuryango w’Abibumbye.

minebwenews by minebwenews
September 9, 2024
in Regional Politics
0
Bidasanzwe igihugu cya Sudan ntigicana uwaka n’umuryango w’Abibumbye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe igihugu cya Sudan ntigicana uwaka n’umuryango w’Abibumbye.

Bikubiye ku kwanga kwa Guverinoma ya Sudan yanze kwakira ingabo z’umuryango w’Abibumbye, zisanzwe zizwi ko izi ngabo zitagira aho zibogamiye aho zari zigiye koherezwa muri icyo gihugu kugira zirinde umutekano w’abasivile bakuwe mu byabo n’intambara iri hagati y’Ingabo z’iki gihugu n’umutwe wa Rapid Support Forces.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru dusoje, minisitiri w’ubabanye n’amahanga wa Sudan yasohoye itangazo rivuga ko Guverinoma y’iki gihugu yanze bidasubirwaho ibyasabwe n’intumwa z’umuryango w’Abibumbye.

Iryo tangazo ryavuga ko komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu muryango w’Abibumbye, “biciye ukubiri n’inshingano zawo.”

Iy’i minisiteri y’ubanye n’amahanga muri Sudan ikavuga ko komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu muryango w’Abibumbye yagombye gushyigikira imbaraga z’igihugu aho kuzana urundi ruhande mu kibazo gihari. Iri tangazo kandi rya maganye ubusabe bw’itsinda ry’impuguke z’umuryango w’Abibumbye zisaba ko yakomanyirizwa kugura imbunda.

Ni nyuma y’uko itsinda ry’impuguke z’umuryango w’Abibumbye ryoherejwe muri Sudan ryari ryatangaje ku wa Gatanu w’iki Cyumweru dusoje ko babonye ibikorwa biteye ubwoba bibangamiye uburenganzira bwa muntu bikorwa n’impande zombi(ingabo za Sudan n’abo bahanganye) z’abashyamiranye mu ntambara ibera muri iki gihugu.

Bavuze ko ibyo babonye bishobora kwita ibyaha by’intambara cyangwa ibyaha byibasiye inyoko muntu. Bahise basaba ko nta kuzuyaza umuryango w’Abibumbye ukwiye kohereza umutwe w’ingabo z’itagira aho zibogamiye ugahabwa inshingano zo kurinda abasivile.

Izi mpuguke z’umuryango w’Abibumbye zarizanavuze ko abasivile bagera kuri miliyoni 8 muri Sudan bakuwe mu byabo, abandi bagera kuri miliyoni 2 bata izabo bahungira mu bihugu bituranye na Sudan.

Kandi ko abandi nabo barenga miliyoni 25 icya kabiri cy’abatuye Sudan bafite ibibazo cy’ibura ry’ibyokurya.

Umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, Tedros Adhanom wari mu ruzinduko muri Sudan muri iki Cyumweru dusoje, yavuze ko urugero rw’ibibazo Abanyasudani bafite bikeneye kwitabwaho mu buryo bwihutirwa, ndetse ko ruteye inkenke kandi nta kirimo gukorwa ngo intambara ibitera ihagarare.

Uyu muyobozi wari wasuye Sudan, yanasabye kandi ko Isi yagira icyo ikora igafasha Sudan ikava muri aka kaga.

           MCN.
Tags: Nticyana uwakaSudanUmuryango w'Abibumbye

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Havuzwe amakuru y’abantu barohamye mu ruzi rwa Kibali muri RDC.

Havuzwe amakuru y'abantu barohamye mu ruzi rwa Kibali muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
  • IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?