• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, May 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe indege y’intambara ya FARDC, yahitanye abasirikare benshi barwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
January 30, 2024
in Regional Politics
0
Bidasanzwe indege y’intambara ya FARDC, yahitanye abasirikare benshi barwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe imfu zidasanzwe zashikiye ingabo zi bumbiye mw’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, aho bapfuye ku bwinshi kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 30/01/2024, mu bice byo muri teritware ya Masisi.

You might also like

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Bya vuzwe ko ibi byabaye mugihe indege y’intambara y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko yarashe mu birindiro by’ingabo za Wazalendo, FDLR n’ingabo za FARDC mu gace ka Kiluku, ha herereye hagati ya Muremure na Bwemeremana, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira n’uko umubare wabaguye mur’icyo gitero cya gabwe n’indege z’intambara za RDC utarabasha kumenyekana ariko umubare w’ibanze urimo kuvugwa n’uko hapfuye abasaga 47 bo muri urwo ruhande rw’ingabo za RDC.

Ibi bibaye mugihe imirwano yongeye kubura aho ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zari zongeye kugaba ibitero mubice bya Karuba, Mushaki na Mweso, no mu bindi bice biherereye mu nkengero za Sake.

K’urundi ruhande bya vuzwe ko M23 yasubije inyuma ibitero by’ihuriro ry’ingabo za RDC bari bagabye mu birindiro byabo, aho ndetse amakuru amwe avuga ko M23 yahise isatira cyane u Mujyi wa Sake.

Kuri ubu M23 irabarizwa mu birometre bitatu n’u Mujyi wa Sake, mugihe k’u munsi w’ejo hashize bari mu birometre 7.

Bruce Bahanda

Tags: SukhoïYishe ingabo zirwana k'uruhande rwa leta ya Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu Muri iyi minsi, mu Burundi hongeye kuvugwa amakuru n’ibihuha bivuga ko...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye Perezida wa Kenya, , ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania rwatangiye ku wa Mbere tariki...

Read moreDetails

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Tanzania ukomeje gushingira...

Read moreDetails

Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi

Ishimwe rya Perezida Ndayishimiye ku Mugore We Rikomeje Kugaragaza Isura Nshya ya Politiki y’u Burundi Tariki ya 01/05/2026, ubwo u Burundi bwizihizaga Umunsi Mpuzamahanga w’Umurimo, Perezida w’iki gihugu,...

Read moreDetails

Le Président Kagame à Dar es-Salaam : une visite porteuse d’une nouvelle dynamique diplomatique régionale

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Le Président Kagame à Dar es-Salaam : une visite porteuse d’une nouvelle dynamique diplomatique régionale

Le Président Kagame à Dar es-Salaam : une visite porteuse d’une nouvelle dynamique diplomatique régionale Le Président de la République du Rwanda, Paul Kagame, est attendu pour une...

Read moreDetails
Next Post
Les combats ont encore repris ce mardi entre les coalitions gouvernementales de la RDC contre le m23.

Les combats ont encore repris ce mardi entre les coalitions gouvernementales de la RDC contre le m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?