Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bombori bombori iravugwa mu mutwe wa Gumino, ukorera mu misozi ya Uvira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 2, 2024
in Regional Politics
0
Bombori bombori iravugwa mu mutwe wa Gumino, ukorera mu misozi ya Uvira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bombori bombori iravugwa mu mutwe wa Gumino, ukorera mu misozi ya Uvira.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ahagana ku itariki ya 01/07/2024, umwe mu bayobozi ba Gumino yatawe muri yombi azira gushaka kwigumura kuri uyu mutwe witwara gisirikare, uyobowe na Col Alexis Nyamusaraba.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko Nzeyimana umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 y’amavuko ko ariwe watawe muri yombi ku wa Mbere w’ejo hashize, afatwa n’abarwanyi ba Fureko usanzwe ayoboye aba barwanyi bose ba Gumino bo mu karere ka Rurambo, muri teritware ya Uvira.

Ay’amakuru anavuga kandi ko nyuma y’uko Nzeyimana yaramaze gufatwa yahise yoherezwa ku Ndondo ya Bijombo, mu gace kitwa Kajembwe, ahari ibirindiro bikuru bya Col Alexis Nyamusaraba, mu rwego rwo kugira ngo abazwe ibyo ashinjwa.

Ubwanditsi bwa Minembwe Capital News bwasobanuriwe ko uyu murwanyi wa Gumino Nzeyimana warebaga agace ka Nyarurambi, yigumuye kuri uy’u mutwe mu gihe utari uki muhemba ifaranga yari yarasezeranijwe, nk’umushahara waburi kwezi, ariko ko yaramaze igihe kirekire atazihabwa, bityo bimuviramo kw’i gumura.

Binavugwa kandi ko mu kwigumura kwa Nzeyimana warebaga abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino, mu gace ka Nyarurambi, wari umugambi ahuriyeho na Col Rushaba wo muri Maï Maï nawe uvugwaho kurebana ayingwe na Col Alexis Nyamusaraba muri iki gihe.

Ubwo bwumvikane buke hagati ya Gumino na Maï Maï, ifatanije na Nzeyimana, bwavutse nyuma y’uko abarwanyi ba Gumino ku bufatanye na Maï Maï bari baheruka kugaba igitero gikaze kuri Twirwaneho.

Ni igitero cyagabwe kuri Twirwaneho, mu Bijojwe aho yari yaherekeje Abagore gusarura imirima yabo, igikorwa kitigeze gishimisha Gumino bituma ikora icyo gitero mu rwego rwo kwihimura.

Gusa, icyo gitero nticyigeze ki yihira, kuko cyaguyemo abarwanyi babo babarirwa mu icumi(ba Maï Maï na Gumino). Ndetse kandi Twirwaneho irabirukana batatanira mu bice byo mu Bibangwa, Gitoga no ku misozi imanukira i Lemera. Maï Maï yo ishinja Gumino gutegura kiriya gitero nabi, ndetse ikayishinja kandi ko yagize uruhare runini kugira ngo ba Maï Maï bapfe ari benshi, muri icyo gitero, kuko abarwanyi ba Maï Maï bonyine hapfuye babarirwa ku 9, mu gihe muri Gumino ho hapfuye umwe.

Nzeyimana wafunzwe n’ubuyobozi bwa Gumino, yageze mu mutwe wa Gumino ahunze muri Twirwaneho, ni mu gihe yari yakoze amakosa yo kunyaga, ibyo abaturage b’irwanaho batigeze bihanganira batangiye ku mushakisha ngo ahanwe, ahungira muri Gumino nayo imwakiriza yombi.

Ubwo hari hagati mu mwaka w’ 2021. Akimara kwakirwa muri Gumino yagiye ahabwa kuyobora abarwanyi babo mu bice bitandukanye, ahanini yabaye ahitwa mu Bibangwa, aha yari yarahawe kuyobora abarwanyi b’Abatwa babarirwa ku bantu 35. Afatwa yari ayoboye agace ka Nyarurambi.

                 MCN.
Tags: Bombori bomboriGuminoMaï MaïNzeyimanaRurambo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma y’uko M23 igaragaje imbaraga zidasanzwe muri teritware ya Lubero, uyu munsi Wazalendo biraye mu baturage bica abasivile bagera ku 17.

Nyuma y'uko M23 igaragaje imbaraga zidasanzwe muri teritware ya Lubero, uyu munsi Wazalendo biraye mu baturage bica abasivile bagera ku 17.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?