• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 19, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bombori bombori iravugwa mu mutwe wa Gumino, ukorera mu misozi ya Uvira.

minebwenews by minebwenews
July 2, 2024
in Regional Politics
0
Bombori bombori iravugwa mu mutwe wa Gumino, ukorera mu misozi ya Uvira.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bombori bombori iravugwa mu mutwe wa Gumino, ukorera mu misozi ya Uvira.

Ahagana ku itariki ya 01/07/2024, umwe mu bayobozi ba Gumino yatawe muri yombi azira gushaka kwigumura kuri uyu mutwe witwara gisirikare, uyobowe na Col Alexis Nyamusaraba.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko Nzeyimana umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 y’amavuko ko ariwe watawe muri yombi ku wa Mbere w’ejo hashize, afatwa n’abarwanyi ba Fureko usanzwe ayoboye aba barwanyi bose ba Gumino bo mu karere ka Rurambo, muri teritware ya Uvira.

Ay’amakuru anavuga kandi ko nyuma y’uko Nzeyimana yaramaze gufatwa yahise yoherezwa ku Ndondo ya Bijombo, mu gace kitwa Kajembwe, ahari ibirindiro bikuru bya Col Alexis Nyamusaraba, mu rwego rwo kugira ngo abazwe ibyo ashinjwa.

Ubwanditsi bwa Minembwe Capital News bwasobanuriwe ko uyu murwanyi wa Gumino Nzeyimana warebaga agace ka Nyarurambi, yigumuye kuri uy’u mutwe mu gihe utari uki muhemba ifaranga yari yarasezeranijwe, nk’umushahara waburi kwezi, ariko ko yaramaze igihe kirekire atazihabwa, bityo bimuviramo kw’i gumura.

Binavugwa kandi ko mu kwigumura kwa Nzeyimana warebaga abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino, mu gace ka Nyarurambi, wari umugambi ahuriyeho na Col Rushaba wo muri Maï Maï nawe uvugwaho kurebana ayingwe na Col Alexis Nyamusaraba muri iki gihe.

Ubwo bwumvikane buke hagati ya Gumino na Maï Maï, ifatanije na Nzeyimana, bwavutse nyuma y’uko abarwanyi ba Gumino ku bufatanye na Maï Maï bari baheruka kugaba igitero gikaze kuri Twirwaneho.

Ni igitero cyagabwe kuri Twirwaneho, mu Bijojwe aho yari yaherekeje Abagore gusarura imirima yabo, igikorwa kitigeze gishimisha Gumino bituma ikora icyo gitero mu rwego rwo kwihimura.

Gusa, icyo gitero nticyigeze ki yihira, kuko cyaguyemo abarwanyi babo babarirwa mu icumi(ba Maï Maï na Gumino). Ndetse kandi Twirwaneho irabirukana batatanira mu bice byo mu Bibangwa, Gitoga no ku misozi imanukira i Lemera. Maï Maï yo ishinja Gumino gutegura kiriya gitero nabi, ndetse ikayishinja kandi ko yagize uruhare runini kugira ngo ba Maï Maï bapfe ari benshi, muri icyo gitero, kuko abarwanyi ba Maï Maï bonyine hapfuye babarirwa ku 9, mu gihe muri Gumino ho hapfuye umwe.

Nzeyimana wafunzwe n’ubuyobozi bwa Gumino, yageze mu mutwe wa Gumino ahunze muri Twirwaneho, ni mu gihe yari yakoze amakosa yo kunyaga, ibyo abaturage b’irwanaho batigeze bihanganira batangiye ku mushakisha ngo ahanwe, ahungira muri Gumino nayo imwakiriza yombi.

Ubwo hari hagati mu mwaka w’ 2021. Akimara kwakirwa muri Gumino yagiye ahabwa kuyobora abarwanyi babo mu bice bitandukanye, ahanini yabaye ahitwa mu Bibangwa, aha yari yarahawe kuyobora abarwanyi b’Abatwa babarirwa ku bantu 35. Afatwa yari ayoboye agace ka Nyarurambi.

                 MCN.
Tags: Bombori bomboriGuminoMaï MaïNzeyimanaRurambo

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Nyuma y’uko M23 igaragaje imbaraga zidasanzwe muri teritware ya Lubero, uyu munsi Wazalendo biraye mu baturage bica abasivile bagera ku 17.

Nyuma y'uko M23 igaragaje imbaraga zidasanzwe muri teritware ya Lubero, uyu munsi Wazalendo biraye mu baturage bica abasivile bagera ku 17.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 durcit sa ligne de confrontation avec le pouvoir de Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?