• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

EAC irashinja RDC kutishyura ibirarane ifitiye uyu muryango.

minebwenews by minebwenews
October 23, 2024
in Regional Politics
0
EAC irashinja RDC kutishyura ibirarane ifitiye uyu muryango.
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

EAC irashinja RDC kutishyura ibirarane ifitiye uyu muryango.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Inteko ishinga amategeko mu muryango wa Afrika y’iburasirazuba(EAC) iranenga ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kutishyura imisanzu igihugu abereye perezida gisabwa kwishyura kuva iki gihugu cyinjira muri uyu muryango.

Mu kwezi kwa Gatatu umwaka w’ 2022 nibwo Repubulika ya demokarasi ya Congo yinjiye mu muryango wa EAC . Yagombaga kuba yarishyuye iyi misanzu y’imyaka ibiri ingana na miliyoni 14,7; z’amadolari y’Amerika bitarenze tariki ya 30/08/2024.

Igihe kingana n’imyaka ibiri y’ingengo y’imari irangiye Leta ya Kinshasa itaratanga umusanzu, EAC yatangiye gukusanya uwo mumwaka w’2024/2025 tariki ya 1/07. Somalia yinjiye muri uyu muryango mu kwezi kwa Gatatu 2024 yo yamaze gutanga miliyoni 7,85 z’amadolari y’Amerika.

Mu gihe RDC isabwa kwishyura umusanzu wa miliyoni 22,5 z’amadolari w’imyaka itatu y’ingengo y’imari, nta cyizere cy’uko izawishyura vuba kuko ntacyo ivuga kuri ibi birarane byose.

Ubwo abagize inteko ya EAC baganiraga n’itangazamakuru muri Uganda, depite Dennis Namara uhagarariye Uganda yagaragaje ko bagenzi be bo muri RDC bakwiye kwitabira ibikorwa byayo bifashishije ikorana buhanga kuko iyo bavuye iwabo, uyu muryango ubishyurira amafaranga abatunga n’ayicumbi.

Yasobanuye ko mu mwaka n’igice ushize, abadepite ba RDC bitabira imirimo y’inteko, uyu muryango umaze kubishyurira miliyoni 3 z’amadolari, nyamara bitari bikwiye bitewe n’uko igihugu cyabo kitishyura imisanzu.

Ati: “Tekereza. Kuva RDC yakwinjira mu muryango, twabashoyeho miliyoni 3 z’amadolari. Kubera ko buri mwaka, buri gihugu kiwugize gifata hafi miliyoni 2 z’amadolari. Bamaze hano umwaka n’igice.”

Yakomeje agira ati: “Urebye amafaranga ahari, ntabwo dufite ayadufasha kwakira neza abagize inteko muri Uganda. Nta mafaranga ahari yo kubishyurira kugira babe muri Hotel.”

Ikibazo, bamwe mu badepite bo mu nteko ishinga amategeko ya EAC bagaragaza ko kutishyura imisanzu kwa Leta ya Kinshasa bishobora kuba bifitanye isano n’amakimbirane ifitanye na bimwe mu bihugu byo muri uyu muryango.

Umunyakenya, witwa Ole David Sankok uhagarariye Kenya muri uyu muryango, yavuze ko Kinshasa kutishyura imisanzu kwayo bigaragaza ububagito bwayo, avuga ko bigomba gukemuka vuba bidatinze.

           MCN.
Tags: EACIbiraraneIrashinja RDC
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
M23 na Angola nk’umuhuza ntibavuga rumwe.

M23 na Angola nk'umuhuza ntibavuga rumwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?