• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yahawe gasopo ikomeye.

minebwenews by minebwenews
May 26, 2025
in Regional Politics
0
Ishyaka rya CNDD-FDD rirashinjwa gutuma u Burundi bugwiza injiji.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yahawe gasopo ikomeye.

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa ubinyujije mu muyobozi wawo, Bertrand Bisimwa, yaburiye perezida w’u Burundi n’ ingabo ze ziri mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ko akwiye kuzicyura zigataha, anazibutsa ko iyo abantu barwanira uburenganzira bwabo, nta kintu na kimwe baba bafite.

Uyu muyobozi uyoboye umutwe wa M23 ku rwego rwa politiki, yabitangaje ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru ku cyumweru, aho icyo kiganiro cyagarukaga ku nshusho rusange igaragara mu bice M23 imaze kwigarurira muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Bisimwa yavuze ko nta mishikirano M23 ifitanye n’u Burundi, kuko ari igihugu kirwanya uyu mutwe, ndetse ko icyo gisirikare gifatanya n’umutwe wa FDLR.

Yagize ati: “Hari abarwanyi ba FDLR bari kwisuganya ngo badutere. Ni aho ibitero biri guturuka. Binjira mu baturage bakabica.”

Avuga kandi ko ubutasi bw’igisirikare cya RDC gikorera i Uvira. Butanga amakuru atariyo bigatuma icyo gisirikare gikoresha drones kikarasa mu duce dutuwe n’abaturage.

Ati: “Dutekereza ko ubwo iyi ntambara izaba irangiye, ingabo z’u Burundi zizasubira mu gihugu cyabo. Nta kibazo dufitanye, ni abavandimwe bacu. Abayobozi babo bari gukoresha igisirikare cyabo mu kwica abasivili b’Ababanye-Congo, ntitwashigikira bene iyo Leta.”

Yongeye ati: “Icyo tubasaba ni ukuva ku butaka bwacu, kuko amahirwe amwe dufite ni ukwicarana na guverinoma ya Kinshasa tukaganira, tugashaka igisubizo. Ingabo za SADC zaratashye, na zo rero zigomba gutaha.”

Bisimwa yavuze ko nta nyungu M23 ifite mu Burundi, ko yo iri ku butaka bw’igihugu cyabo, kandi ko nta kibazo na kimwe iteye u Burundi.

Ati: “U Burundi bugomba kwita ku bibazo byabwo, ariko bukareka kohereza abasirikare kwica Abanye-Congo.”

Yavuze ko mbere yuko u Burundi bwinjira muri iyi ntambara, yahuye na perezida wabwo, Evariste Ndayishimiye, amusobanurira uko ibintu bimeze. Icyo gihe ngo Ndayishimiye yanamubwiye ko intambara ya M23 imeze nk’iyo CNDD-FDD yanyuzemo.
Ngo amubwira ko ari akarenganyo katumye bafata intwaro bararwana, Bisimwa ati: “none ni ukubera iki ari gukora ibyo yigeze kurwanya.”

Umuyobozi wa M23 yatangaje ibyo, mu gihe mu misozi ya Uvira, Walungu na Fizi, hagize iminsi habera imirwano ikomeye hagati y’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zirimo FARDC, iz’u Burundi, imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR n’umutwe wa Twirwaneho ufatanyije na M23.

Ni mu gihe kandi ku munsi w’ejo ku cyumweru, perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagiriye uruzinduko i Kinshasa, akaba yaragiye kubonana na mugenzi we wa RDC, Felix Tshisekedi, aho biteganyijwe ko bazaganira ibitandukanye, birimo n’intambara ibera mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC.

Hagataho, uduce twose M23 yabohoje, turatekanye, ubundi kandi iterambere rirakomeje kuganza muri two.

Tags: GasopoM23Ndayishimiye
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
Bombori bombori i Kinshasa nyuma yuko muri Sena havutse urusaku.

Byakomeye, Kabila yiswe Umunyarwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?