• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen.Muhoozi yasabye RDC kweguza umwe muri ba guverineri b’intara zigize iki gihugu, ndetse yongera avuga no kuri Kisangani.

minebwenews by minebwenews
April 11, 2025
in Regional Politics
0
Gen.Muhoozi yasabye RDC kweguza umwe muri ba guverineri b’intara zigize iki gihugu, ndetse yongera avuga no kuri Kisangani.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen.Muhoozi yasabye RDC kweguza umwe muri ba guverineri b’intara zigize iki gihugu, ndetse yongera avuga no kuri Kisangani.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda akanaba umujyanama mukuru wa perezida Yoweli Kaguta Museveni mu bya gisirikare, General Kainarugaba Muhoozi yasabye ubutegetsi bwa Congo kweguza guverineri w’intara ya Ituri iherereye mu Burasizuba bwa Congo.

Ni mu butumwa Gen.Muhoozi yanyujije kurukuta rwa X, kuri uyu wa kane tariki ya 10/04/2025, aho yagize ati: “Ndasaba RDC ibintu bitatu: 1. Guhagarika kwica abantu banjye, Abahima -Tutsi. 2. Gukuraho guverineri w’intara ya Ituri, Luboya. 3. Kutwishyura ambasede yacu mwatwitse.”

Lt.Gen. Luboya ayoboye Ituri kuva mu kwezi kwa gatanu umwaka wa 2021 ninyuma y’aho perezida Felix Tshisekedi wa Congo yashyiragaho iyi ntara na Kivu y’Amajyaruguru mu bihe bidasanzwe.

Muhoozi ashinja Lt.Gen.John Nkashama Luboya kugerageza kwitambika ibikorwa by’ingabo za Uganda byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro irimo CODECO.

Atangiza gutanga ubwo butumwa yise Luboya umuntu utagira ubwenge, ateguza ko vuba ingabo za Uganda zizamuta muri yombi.

Ibi byatumye umugaba mukuru wungirije w’ingabo za Congo ushinzwe ibikorwa bya gisirikare, Lt.Gen. Jaques Ychaligonza Ndulu, ateguza ko Gen. Muhoozi nakomeza kwibasira Luboya, igihugu cye kizabyamagana.

Mbere yuko Muhoozi atanga ubu butumwa yari yabanje gutanga ubundi avuga ko Ingabo ze zitagifashe umujyi wa Kisangani kandi ko bimubabaje.

Ati: “Bitegetswe na data ukomeye perezida Kaguta Museveni n’intwari yanjye perezida Donald Trump. Nahisemo guhagarika ibikorwa byacu byo gufata Kisangani. Birambabaje cyane. Ntabwo nigeze nanirwa kugera ku ntego ya gisirikare mu buzima bwanjye.”

Yabivuze mu gihe yari aheruka gutangaza ko umutwe wa M23 n’uramuka udafashe Kisangani, Ingabo za Uganda zizabyikorera, ndetse tariki ya 25/03/2025, yari yavuze ko ingabo ze ziziye uwo mujyi.

Ati: “Kisangani turayiziye mu izina ry’Imana yacu Yesu Kristo.”

Kisangani ni umurwa mukuru w’intara ya Tshopo uherereye ku ruzi rwa Congo, Fleuve Congo, mu Burasizuba bw’ikibaya cya RDC rwagati muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: KisanganiMuhooziNkashama Luboya
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wamenya kuri Tin/Etain icukurwa i Walikale n’akamaro kayo.

Ibyo wamenya kuri Tin/Etain icukurwa i Walikale n'akamaro kayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?