• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen.Muhoozi yasabye RDC kweguza umwe muri ba guverineri b’intara zigize iki gihugu, ndetse yongera avuga no kuri Kisangani.

minebwenews by minebwenews
April 11, 2025
in Regional Politics
0
Gen.Muhoozi yasabye RDC kweguza umwe muri ba guverineri b’intara zigize iki gihugu, ndetse yongera avuga no kuri Kisangani.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen.Muhoozi yasabye RDC kweguza umwe muri ba guverineri b’intara zigize iki gihugu, ndetse yongera avuga no kuri Kisangani.

You might also like

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Umugaba mukuru w’Ingabo za Uganda akanaba umujyanama mukuru wa perezida Yoweli Kaguta Museveni mu bya gisirikare, General Kainarugaba Muhoozi yasabye ubutegetsi bwa Congo kweguza guverineri w’intara ya Ituri iherereye mu Burasizuba bwa Congo.

Ni mu butumwa Gen.Muhoozi yanyujije kurukuta rwa X, kuri uyu wa kane tariki ya 10/04/2025, aho yagize ati: “Ndasaba RDC ibintu bitatu: 1. Guhagarika kwica abantu banjye, Abahima -Tutsi. 2. Gukuraho guverineri w’intara ya Ituri, Luboya. 3. Kutwishyura ambasede yacu mwatwitse.”

Lt.Gen. Luboya ayoboye Ituri kuva mu kwezi kwa gatanu umwaka wa 2021 ninyuma y’aho perezida Felix Tshisekedi wa Congo yashyiragaho iyi ntara na Kivu y’Amajyaruguru mu bihe bidasanzwe.

Muhoozi ashinja Lt.Gen.John Nkashama Luboya kugerageza kwitambika ibikorwa by’ingabo za Uganda byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro irimo CODECO.

Atangiza gutanga ubwo butumwa yise Luboya umuntu utagira ubwenge, ateguza ko vuba ingabo za Uganda zizamuta muri yombi.

Ibi byatumye umugaba mukuru wungirije w’ingabo za Congo ushinzwe ibikorwa bya gisirikare, Lt.Gen. Jaques Ychaligonza Ndulu, ateguza ko Gen. Muhoozi nakomeza kwibasira Luboya, igihugu cye kizabyamagana.

Mbere yuko Muhoozi atanga ubu butumwa yari yabanje gutanga ubundi avuga ko Ingabo ze zitagifashe umujyi wa Kisangani kandi ko bimubabaje.

Ati: “Bitegetswe na data ukomeye perezida Kaguta Museveni n’intwari yanjye perezida Donald Trump. Nahisemo guhagarika ibikorwa byacu byo gufata Kisangani. Birambabaje cyane. Ntabwo nigeze nanirwa kugera ku ntego ya gisirikare mu buzima bwanjye.”

Yabivuze mu gihe yari aheruka gutangaza ko umutwe wa M23 n’uramuka udafashe Kisangani, Ingabo za Uganda zizabyikorera, ndetse tariki ya 25/03/2025, yari yavuze ko ingabo ze ziziye uwo mujyi.

Ati: “Kisangani turayiziye mu izina ry’Imana yacu Yesu Kristo.”

Kisangani ni umurwa mukuru w’intara ya Tshopo uherereye ku ruzi rwa Congo, Fleuve Congo, mu Burasizuba bw’ikibaya cya RDC rwagati muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: KisanganiMuhooziNkashama Luboya
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wamenya kuri Tin/Etain icukurwa i Walikale n’akamaro kayo.

Ibyo wamenya kuri Tin/Etain icukurwa i Walikale n'akamaro kayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?