• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wamenya kuri Tin/Etain icukurwa i Walikale n’akamaro kayo.

minebwenews by minebwenews
April 11, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wamenya kuri Tin/Etain icukurwa i Walikale n’akamaro kayo.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wamenya kuri Tin/Etain icukurwa i Walikale n’akamaro kayo.

You might also like

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Kompanyi y’Abanyamerika nini icukura Tin/Etain ikanayicuruza yongeye kandi gutangiza ibyo bikorwa i Walikale muri Kivu y’Amajyaruguru nyuma yuko M23 ihavanye ingabo zayo mu minsi mike ishize.

Tin/Etain ni ubwoko bw’amabuye y’agaciro bw’icyuma bukoreshwa n’inganda nyinshi hirya no hino ku isi, ikaba yifashishwa mu gukora ibintu bitandukanye.

Nk’uko bisobanurwa tin/etain ku isoko mpuzamahanga yari yabuze muri iyi minsi umutwe wa M23 wagenzuraga i Walikale, ariko Alphamin Resources Corp , imwe mu ma kompanyi y’Abanyamerika nini ku isi muri RDC icukura tin/etai, yatangaje ko yongeye gusubukura ibikorwa byayo byo gufungura ibirombe byayo biri ahitwa i Bisie ho muri Walikale.

Mu kwezi gushize, Alphamin Resources Corp, yahagaritse by’agateganyo ibikorwa mu birombe byayo bya Bisie kubera gusatira kwa M23 yari igeze i Walikale centre, kuri 65km uvuye i Bisie mu majyaguru ashyira uburengerazuba.

Mu itangazo ryayo ryo ku wa gatatu, Alphamin Resources Corp yavuze ko M23 yakuye abarwanyi bayo i Walikale ibajyana mu bice biherereye muri 130km uvuye ku birombe byayo, bityo ihita yongera gutangiza ibikorwa byayo byo gucukura no gutunganya amabuye y’agaciro ndetse no kuyacuruza kw’isoko mpuzamahanga.

Mu cyumweru gishize umutwe wa M23 washize itangazo hanze uvuga ko wavuye muri Walikale nk’uko n’ubundi wari wabitangaje mbere kugira ngo uhe inzira y’ibiganiro by’amahoro hagati yawo na Leta y’i Kinshasa, ibiganiro biteganyijwe kubera i Doha muri Qatar.

Amakuru avuga ko ibiciro bya tin/etain ku isoko rya London Metal Exchange (LME) ku wa gatatu byari byamanutseho 8.3% kuri toni imwe ya tin.

Iyi Teritware ya Walikale bizwi ko ikungahaye ku mabuye y’agaciro atandukanye arimo cyane cyane tin/etain.

Iyi tin/etain bivugwa ko ari icyuma cyihariye gifite ibara ry’umweru rya Feza, kibasha guhindurwa byoroshye, kigakoreshwa mu gukora ibintu bitandukanye nka: “Bateri ya Telephone, Ibyuma by’imodoka, amabati, ibyuma bifasha gufatanya ibindi byuma, utwuma tw’ubuvuzi, Imodoka zikoreshwa na mashanyarazi, Panneaux solaires/Solar n’ibindi.

Ibiro ntara makuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko Amerika yarimaze iminsi isaba ko ibikorwa byo gucukura tin/etain bitangiza.

Ndetse kandi ivuga ko biri mubyaganiriweho cyane i Kinshasa hagati ya perezida Felix Tshisekedi n’umujyanama mukuru wa perezida Donald Trump mu ruzinduko yagiriye muri icyo gihugu mu cyumweru gishize.

Kuva mu kwezi kwa mbere uyu mwaka kugeza muri iki cyumweru iriya kompanyi icyukura tin ivuga ko imaze kohereza ku isoko ryo hanze toni 4,500 za tin, kandi ko izindi toni 280 ziri mu nzira.

Mu mwaka ushize ibirombe by’aya mabuye y’agaciro biri Bisie i Walikale byacukuwemo toni 17,300 za tin/etain ubwo bingana na 6% bya tin/etain yose igurishwa ku isi.

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, banenga Leta y’iki gihugu ko amabuye y’agaciro acyukurwa mu Burasizuba bw’iki gihugu no muri RDC yose muri rusange, adateza imbere iki gihugu n’abaturage bagituye.

Tags: AlphaminAmerikaBisieEtainTinWalikale
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yaburiye FARDC n’abambari bayo ku bitero ikomeje kugaba mu Minembwe n’i Walikale.

AFC/M23 yaburiye FARDC n'abambari bayo ku bitero ikomeje kugaba mu Minembwe n'i Walikale.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?