• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye ibyabaye ku musirikare wari warabangamiye cyane Abanyamulenge mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
April 2, 2025
in Regional Politics
1
Iby’inama ya FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo yabereye i Kaziba.
126
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye ibyabaye ku musirikare wari warabangamiye cyane Abanyamulenge mu Minembwe.

You might also like

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

Major Papy wo mu ngabo za Congo muri brigade ya 21 iyakoreye mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge igihe kirenga umwaka umwe, muri icyo gihe cyose akimaramo ababaza cyane Abanyamulenge byamenyekanye ko yakomeretse bikabije, kandi ko arimo kuvurwa.

Ni amakuru akubiye mu butumwa twahawe kuri Minembwe Capital News, aho bugaragaza ko Maj.Papy yakomerekeye mu ntambara ubwo Twirwaneho yirukanaga ihuriro ry’Ingabo za Congo mu Minembwe ku itariki ya 21/02/2025.

Icyo gihe uyu mutwe wa Twirwaneho wafashe ibigo bya gisirikare byari mu bice bitandukanye muri Minembwe, harimo icyo ku Kiziba cyarebaga ikibuga cy’indege cya Minembwe, icya Runundu, i Lundu ndetse n’icyari muri centre.

Cyokimwe kandi ko wafashe n’ibiro bikuru bya komine ya Minembwe.

Ubutumwa bukomeza bugaragaza ko uyu musirikare wari mubabangamiye cyane Abanyamulenge yakomerekeye muri iyo mirwano.

Bizwi ko Maj.Papy ari we warebaga batayo yabaga ku Kiziba ahaba ikibuga cy’indege. Ingabo yari ayoboye zizwiho kuba zarinjiranaga abaturage mu mazu mu masaha y’ijoro, ndetse ubundi zikabatera izuba riva.

Muri uko gutera abaturage kibandi mu ijoro, zarabasahuraga ubundi zikabakorera ibyamfurambi, nko gusiga zibakubise ndetse kandi hari nubwo zigeze gufata abagore b’Abashi ku ngufu batuye hafi aho.

Hejuru y’ibyo kandi, aba basirikare bari bayobowe na Papy bigeze kurasagura amasasu menshi yo gufusha ubusa ku Kiziba, asiga yishe Inka icyenda(9) izindi nyinshi zirakomereka, z’aba baturage mu mpera z’umwaka ushize wa 2024.

Ikindi nuko akenshi abo basirikare bakoraga ayo manyanga, babaga barikumwe na Maj. Papy.

Aya makuru ari muri ubu butumwa akaba yagaragaje ko uyu musirikare yakomeretse bikabije kandi ko arimo kuvurirwa mu bitaro biherereye kuri Mugera ho muri teritware ya Fizi.

Ubu butumwa bugasobanura ko Papy amasasu yamukomerekeje ku mirundi y’amaguru yombi, kandi ko ababaye kuko yakoze ku magupfwa.

Bugira buti: “Urya musirikare wari warabangamiye cyane Abanyamulenge, majoro Papy yarakomeretse mu ntambara.”

Bukomeza bugira buti: “Ubu ari kuvurirwa kuri Mugera. Kandi arababaye cyane, yakomeretse ku mirundi y’amaguru yombi.”

Tags: AbanyamulengeKizbaMinembwePapyumusirikareWari warabangamiye
Share50Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.

Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.

Comments 1

  1. Kavune Obadias says:
    11 months ago

    Uwo Major Papy se iyo akomereka umutwe ahubwo !!!!
    Naho imirundi ntacyo azaba iyazajya kwivuza i Bukavu ngo abana bazamushimute

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?