• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe ibindi bishya hagati ya Museveni na Ambasaderi wa Amerika muri Uganda.

minebwenews by minebwenews
October 8, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe ibindi bishya hagati ya Museveni na Ambasaderi wa Amerika muri Uganda.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe ibindi bishya hagati ya Museveni na Ambasaderi wa Amerika muri Uganda.

You might also like

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, ku wa Kane tariki ya 10/10/2024, arateganya guhura na Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu rwego rwo kugira ngo bahoshye umwuka mubi ushingiye kuri dipolomasi Gen Kainarugaba Muhoozi aheruka guteza.

Amakuru ava i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda avuga ko ibyo biganiro bizabera muri perezidansi ya Uganda. Ni ibiganiro kandi bizatabirwa na General Kainarugaba Muhoozi ndetse na minisitiri w’ubabanye n’amahanga Jeje Odongo.

Ibi biganiro bigiye kuba mu gihe mu mpera zakiriya Cyumweru gishize, Gen Muhoozi usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Uganda yari yahaye gasopo Ambasaderi William Papp igihe ntarengwa cyo kuba yasabye imbabazi perezida Yoweli Kaguta Museveni, bitaba ibyo akirukanwa ku butaka bwa Uganda.

Icyo gihe Muhoozi mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, bwashinjaga Amabasaderi wa Amerika kubahuka perezida wa Uganda ndetse no kugaragaza imyitwarire idakwiriye umudipolomate, amuha ku wa mbere tariki ya 07/10/2024 nk’igihe ntarengwa cyo kuba yasabye imbabazi.

Ibyo byabaye mu gihe uyu Amabasaderi wa Amerika, William Papp yari aheruka gusaba perezida Museveni kutaziyamamaza mu matora y’umukuru w’ikigihugu ateganyijwe mu 2026.

     MCN.
Tags: Gen MuhooziMuseveniWilliam Papp
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
RDC yasabwe na Amerika kubahiriza amasezerano y’i Luanda.

RDC yasabwe na Amerika kubahiriza amasezerano y'i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?