• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe andi makuru mashya ku barwanyi bashaka kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi, bahereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu.

minebwenews by minebwenews
May 5, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe andi makuru mashya ku barwanyi bashaka kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi, bahereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe andi makuru mashya ku barwanyi bamaze igihe barwanira mu nkengero z’u murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bazwi kw’izina rya Maï Maï Mobondo.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Aba barwanyi ahanini bagizwe nabo mu bwoko bw’Abaluba.

Nk’uko amakuru abivuga n’uko vuba aha, bariya barwanyi ba Maï Maï Mobondo baheruka gushira icyegeranyo hanze kigaragaza ko bashigikiye ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo na M23 ifatwa nk’i gisirikare cy’iri huriro rigamije kuzashiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Muri icyo cyegeranyo cyavuga ko nkabo, bashigikiye AFC na M23 kurwanya leta ya Kinshasa no gushiraho ubundi butegetsi bushya bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru akomeza avuga ko aba barwanyi ba Maï Maï Mobondo bashigikiwe na General John Numbi wigeze kuyobora igipolisi cya leta ya Congo.

Ndetse ibi byongeye gushimangirwa na General John Numbi aho yashize inyandiko hanze akoresheje urubuga rwa x, atangariza Abanyakongo ko bagiye kubona amahoro n’umutekano urambye.

Yagize ati: “Banyekongo muhumure amahoro agiye kuboneka. Perezida Félix Tshisekedi yadufashe nk’ibicucyu ariko igihe n’iki ibye birangire. Tugiye kubishiraho akadomo.”

John Numbi avuka mu Ntara ya Haut-Lomami, ni uwo mu bwoko bw’Abaluba.

Afite imyaka 62 y’amavuko, y’injiye mu gisirikare cya Zaïre ahagana mu mwaka w’ 1989 ariko aza gushinjwa n’ubutegetsi bwa Mobutu gukorana byahafi n’umutwe w’inyeshamba wa AFDL wari uyobowe na Mzee Laurent Désire Kabila, waje guhirika ubwo butegetsi bwa Mobutu.

Mu 2007 kugeza mu 2010 John Numbi yari ayoboye polisi ya Congo, yaje gushinjwa kandi kuba inyuma y’urupfu rw’impirimbanyi mu by’u burenganzira bwa muntu, Floribert Chebeya Bahizire, ari nabyo byatumye yirukanwa mu gi polisi cya RDC, nyuma aza gufata iyubuhungiro.

Kuri ubu ari mu myiteguro yo kuvanaho Ingoma ya Tshisekedi akoresheje Mai Mai Mobondo, nk’uko bivugwa mu bitangaza makuru byo hirya no hino muri RDC, ndetse n’inyandiko ze zikaba zibihamya.

           MCN.
Tags: AbarwanyiBashaka GufataKinshasaMaï Maï Mobondo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
SADC yatangaje icyo igiye gukorera M23, mu Burasirazuba bwa RDC, kandi iyamagana y’ivuye inyuma.

SADC yatangaje icyo igiye gukorera M23, mu Burasirazuba bwa RDC, kandi iyamagana y'ivuye inyuma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?