• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Washington DC, bamwe mu Banye-Congo bahatuye bamaganye Leta y’i Kinshasa kuri jenocide ikomeje gukora muri RDC.

minebwenews by minebwenews
March 18, 2025
in Regional Politics
0
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Washington DC, bamwe mu Banye-Congo bahatuye bamaganye Leta y’i Kinshasa kuri jenocide ikomeje gukora muri RDC.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi batuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, bamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ikomeje gukorera benewabo ubwicanyi muri Congo cyane cyane mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Ni igikorwa aba Banye-Congo batuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika bakoze uyu munsi tariki ya 18/03/2025, bakaba bagikoreye muri Capital ya Hills i Washington DC ho muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Minembwe Capital News yamenye ko iki gikorwa cyateguwe n’Umuryango wa Mahoro Peace Association usanzwe ufasha Abanyamulenge bari mu kaga k’intambara mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge n’uwa Gakondo nawo usanzwe uhuza za Mutualite z’Abanyamulenge ku isi hose.

Inyandiko Mahoro Peace Association yashize hanze mu masaha make ashize ikoresheje x, yatangaje ko iki gikorwa cyitabiriwe n’abaturage bo muri Amerika barimo Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bose muri rusange.

Yagize iti: “Abaturage bo muri Amerika barimo Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bateraniye i Washington DC, bamagana Leta y’i Kinshasa kandi basaba ubutegetsi bwa perezida Donald Trump gufasha Abanyamulenge bakomeje kwibasirwa n’ibitero by’ingabo za Tshisekedi mu karere kabo bavukamo.”

Yakomeje igira it: “Ubutegetsi bwa Tshisekedi bugomba guhagarika kurasisha abaturage drones z’intambara n’izindi ndege z’igisirikare zibateraho ibisasu biremereye.”

Amashusho yagiye hanze agaragaza abarimo ingeri zose, abasore, inkumi, abagabo n’abagore benshi bo muri aba Banye-Congo batuye muri Amerika bateraniye kuri Capital ya Hills iri i Washington DC, aho bari bitwaje ibyapa biriho inyandiko zamagana jenocide iri gukorerwa Abanyamulenge, Abehema n’Abatutsi bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu byumweru bitatu bishize na mbere yabyo, ni bwo drone n’indege z’intambara zagabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge. Zisenya ibikorwa remezo byabo, zangiza n’kibuga cy’indege cya Minembwe kandi zinicya n’abantu i Gakangala.

Mu makuru yagiye hanze nyuma y’iryo rasa, yavugaga izi ndege zarashe zivuye i Kisangani ahari icyicaro gikuru cya zone ya gatatu y’ingabo za Leta ya Congo, iyobowe na Lieutenant General Pacifique Masunzu.

Ni mu gihe no mu Minembwe ubwaho, Abanyamulenge n’abo bumvikanye bavuma Masunzu uwo bashinja kuboherereza indege zo kubarimbura.

Hagataho, i gice cya Minembwe kigenzurwa na Twirwaneho ari na yo mpamvu ingabo za Congo zitera ibisasu biremereye mu baturage.

Uyu mutwe wafashe iki gice nyuma y’aho wari umaze kucyirukanamo ihuriro ry’ingabo za Congo zirimo iza FARDC, iz’u Burundi, n’imitwe ya Wazalendo na FDLR yahoraga itesa abaturage.

Abaturage rero kuba bafite amahoro bakesha Twirwaneho, biteye isoni u ruhande rwa Leta y’i Kinshasa yari yarayababujije. Bigatuma ibasukaho ibisasu biremereye.

Tags: AbanyamulengeJenocideKinshasa
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.

Umusirikare wa Fardc wari werekeje mu Bibogobogo aturutse i Uvira, yahuye na kaga gakomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?