• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Washington DC, bamwe mu Banye-Congo bahatuye bamaganye Leta y’i Kinshasa kuri jenocide ikomeje gukora muri RDC.

minebwenews by minebwenews
March 18, 2025
in Regional Politics
0
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Washington DC, bamwe mu Banye-Congo bahatuye bamaganye Leta y’i Kinshasa kuri jenocide ikomeje gukora muri RDC.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi batuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, bamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo ikomeje gukorera benewabo ubwicanyi muri Congo cyane cyane mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Ni igikorwa aba Banye-Congo batuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika bakoze uyu munsi tariki ya 18/03/2025, bakaba bagikoreye muri Capital ya Hills i Washington DC ho muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Minembwe Capital News yamenye ko iki gikorwa cyateguwe n’Umuryango wa Mahoro Peace Association usanzwe ufasha Abanyamulenge bari mu kaga k’intambara mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge n’uwa Gakondo nawo usanzwe uhuza za Mutualite z’Abanyamulenge ku isi hose.

Inyandiko Mahoro Peace Association yashize hanze mu masaha make ashize ikoresheje x, yatangaje ko iki gikorwa cyitabiriwe n’abaturage bo muri Amerika barimo Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bose muri rusange.

Yagize iti: “Abaturage bo muri Amerika barimo Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bateraniye i Washington DC, bamagana Leta y’i Kinshasa kandi basaba ubutegetsi bwa perezida Donald Trump gufasha Abanyamulenge bakomeje kwibasirwa n’ibitero by’ingabo za Tshisekedi mu karere kabo bavukamo.”

Yakomeje igira it: “Ubutegetsi bwa Tshisekedi bugomba guhagarika kurasisha abaturage drones z’intambara n’izindi ndege z’igisirikare zibateraho ibisasu biremereye.”

Amashusho yagiye hanze agaragaza abarimo ingeri zose, abasore, inkumi, abagabo n’abagore benshi bo muri aba Banye-Congo batuye muri Amerika bateraniye kuri Capital ya Hills iri i Washington DC, aho bari bitwaje ibyapa biriho inyandiko zamagana jenocide iri gukorerwa Abanyamulenge, Abehema n’Abatutsi bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Mu byumweru bitatu bishize na mbere yabyo, ni bwo drone n’indege z’intambara zagabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge. Zisenya ibikorwa remezo byabo, zangiza n’kibuga cy’indege cya Minembwe kandi zinicya n’abantu i Gakangala.

Mu makuru yagiye hanze nyuma y’iryo rasa, yavugaga izi ndege zarashe zivuye i Kisangani ahari icyicaro gikuru cya zone ya gatatu y’ingabo za Leta ya Congo, iyobowe na Lieutenant General Pacifique Masunzu.

Ni mu gihe no mu Minembwe ubwaho, Abanyamulenge n’abo bumvikanye bavuma Masunzu uwo bashinja kuboherereza indege zo kubarimbura.

Hagataho, i gice cya Minembwe kigenzurwa na Twirwaneho ari na yo mpamvu ingabo za Congo zitera ibisasu biremereye mu baturage.

Uyu mutwe wafashe iki gice nyuma y’aho wari umaze kucyirukanamo ihuriro ry’ingabo za Congo zirimo iza FARDC, iz’u Burundi, n’imitwe ya Wazalendo na FDLR yahoraga itesa abaturage.

Abaturage rero kuba bafite amahoro bakesha Twirwaneho, biteye isoni u ruhande rwa Leta y’i Kinshasa yari yarayababujije. Bigatuma ibasukaho ibisasu biremereye.

Tags: AbanyamulengeJenocideKinshasa
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.

Umusirikare wa Fardc wari werekeje mu Bibogobogo aturutse i Uvira, yahuye na kaga gakomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?