• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusirikare wa Fardc wari werekeje mu Bibogobogo aturutse i Uvira, yahuye na kaga gakomeye.

minebwenews by minebwenews
March 18, 2025
in Regional Politics
0
I Fizi: Mai-Mai iri mugahinda gakomeye nyuma yuko uwari umuyobozi wayo aryamiye ukuboko kwa bagabo.
134
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare wa Fardc wari werekeje mu Bibogobogo aturutse i Uvira, yahuye na kaga gakomeye.

You might also like

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

Umusirikare ufite ipeti rya Colonel wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, uwari woherejwe gukorera mu Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yakubiswe na Wazalendo yamburwa n’ibyo yarafite birimo n’imbunda azira ururimi avuga rw’ikinyarwanda, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni Colonel Karateka, ukomoka muri Kivu y’Amajyaruguru, uvuga ururimi rw’ikinyarwanda ni we wakubiswe ahinduka intere kuri uyu wa kabiri tariki ya 18/03/2025.

Wazalendo bamufatiye mu Lweba ubwo yazamukaga mu Bibogobogo aturutse i Uvira, bahita batangira ku mukubita bamuhindura intere, nyuma yo kumukubita abaturage bamwohereje ku kigo gikuru cy’ibitato by’i Baraka kugira ngo yitabweho n’abaganga. Kuri ubu akaba arimo kuvurirwa kuri ibyo bitaro bikuru by’i Baraka muri Fizi, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga.

Usibye ku mukubita bakamuhindura inguma, Minembwe Capital News yamenye kandi ko bamwambuye n’imbunda nto izwi nka Pisito, ijanwa n’abasirikare bakuru.

Ubuhamya dukesha abaturiye ibyo bice bugira buti: “Col.Karateka, yageze mu Lweba, Wazalendo bahita bamufata batangira ku mukubita, bamwambura n’ibyo yarafite byose. Mu byo bamwambuye birimo imbunda n’amafranga ndetse n’umukandara wa gisirikare.”

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko uyu musirikare yari afite umurinzi umwe, ariko ko uwo murinzi ntacyo Wazalendo bamutwaye kuko we yavugaga ururimi rutari urw’ikinyarwanda.

Bigasobanurwa ko yari yoherejwe mu Bibogobogo kuyobora abasirikare baherutse kuhatumwa, abahgeze baturutse i Baraka no mu bindi bice byo muri teritware ya Fizi.

Kuza kw’aba basirikare muri Bibogobogo byari mu rwego rwo kunganira i batayo yari hasanzwe iyobowe na Colonel Ntagawa Rubaba.

Hagataho, Ururimi rw’ikinyarwanda muri RDC, rukomeje kubera abayituye ikibazo, haba abakorera leta y’iki gihugu ndetse n’abaturage basanzwe.

Abaruvuga bagenda bicirwa hirya no hino muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ni mu gihe hari abiciwe i Goma mu mwaka ushize nka Captain Gisore Rukatura Kabongo, abandi barimo major Joseph Kaminzobe bicirwa n’abo aha mu Lweba mu mwaka wa 2021, harimo n’abandi b’abasivili biciwe i Salamabila n’ahandi.

Ku rundi ruhande, amahanga akomeje kurebera ibiba kubavuga urwo ririmi rw’ikinyarwanda, barayatakira ahokubumva akavunira ibiti mu matwi.

Tags: akagaBibogobogoFardcKaratekaLweba
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails
Next Post
Intambara ibera muri RDC ngo yaba igiye gushirwaho akadomo kanyuma.

Intambara ibera muri RDC ngo yaba igiye gushirwaho akadomo kanyuma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?