• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Icuruzwa ry’Abana Rikomeje Kwiyongera mu Burundi, Amashirahamwe aratabaza

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 26, 2025
in Regional Politics
0
Icuruzwa ry’Abana Rikomeje Kwiyongera mu Burundi, Amashirahamwe aratabaza
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icuruzwa ry’Abana Rikomeje Kwiyongera mu Burundi, Amashirahamwe aratabaza

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Amashyirahamwe aharanira uburenganzira bw’abana aratabaza ku kibazo gikomeje gufata indi ntera mu Burundi, aho icuruzwa ry’abana. Imibare yashyizwe ahagaragara mu 2024 yerekana ko abana hafi 300 bavanywe mu gihugu bakajyanwa mu bikorwa bitandukanye by’ihohoterwa, mu gihe bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’igihugu bashinjwa kuba barakomeje kurengera iki kibazo.

Ishyirahamwe ONLCT, rirwanya icuruzwa ry’abantu, rivuga ko ikibazo gikomeye cyane ku buryo gisaba ibikorwa byihuse kandi bifatika. Umuyobozi waryo, Prime Mbarubukeye, avuga ko abana 281 aribo babashije kumenyekana mu 2024 ko bajyanywe mu bikorwa byo kubacuruza, imibare yatangajwe tariki ya 21/04, ku munsi mpuzamahanga w’uburenganzira bw’umwana.

Raporo ya ONLCT igaragaza ko abana bo mu Burundi bacuruzwa binyuze mu buryo bwinshi burimo:

Gukoreshwa mu mirimo ivunanye no mu buhinzi butemewe,

Kujyanwa mu bucuruzi butemewe n’amategeko,

Gukoresha inzira z’imipaka mu ngendo zitemewe,

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina,

Kwandikwa n’amatsinda akora ubucuruzi bw’abantu.

Abana 130 bakomoka ahanini mu ntara za Makamba na Rutana mu majyepfo, mu gihe abandi 151 bakomoka mu makomine ya Ruyigi, Cankuzo na Muyinga mu burasirazuba. ONLCT ivuga ko aba akenshi banyuzwa muri Tanzaniya, igihugu cyegeranye kandi gifite inzira z’imipaka zoroshye kwambukiranya zikunze gukoreshwa n’abacuruza abantu.

Nubwo iki kibazo kimaze imyaka kivugwa, amashyirahamwe avuga ko hari abayobozi b’inzego z’ibanze bagikomeje kugisuzugura, ndetse bamwe bagishinjwa kubigiramo uruhare.

Prime Mbarubukeye asaba ko hashyirwaho itsinda ryihariye rihuza inzego z’umutekano, iz’ubuyobozi n’izishinzwe uburenganzira bw’abana rigakurikirana ikibazo mu buryo buhoraho.

“Abayobozi b’uturere bagomba gukurikirana hafi ibikorwa by’aba bantu bajyana abana. Ntibikwiye ko iki kibazo kigirwa ibisanzwe.”

Icuruzwa ry’abana rishingiye ku mpamvu zitandukanye zirimo:

Kudahana abakekwa kugira uruhare muri ibi bikorwa,

Uburyo bucye n’ibikoresho bidahagije mu nzego z’umutekano,

Ubumenyi buke mu baturage ku bijyanye n’icuruzwa ry’abantu.

Irishyirahamwe rikavuga ko hakenewe ubufatanye bwa politiki n’ubw’umutekano mu karere, hakubakwa uburyo bwo gukumira no gusesengura imiryoboro y’abacuruza abantu hakiri kare.

Prime Mbarubukeye asoza ashimangira ko gukumira iki kibazo bisaba uruhare rwa buri rwego:

“Guhaguruka kwa buri wese-abaturage, abayobozi n’ibihugu byo mu karere-ni byo bizatuma iki kibazo gicika, kuko kimaze kwambura abana uburenganzira bwabo bw’ibanze.”

Nubwo hari ibikorwa bimaze gukorwa, raporo zigaragaza ko urugendo rwo guhashya icuruzwa ry’abana mu Burundi, ariko urugendo ruracyari rurerure kandi rusaba ingamba zikomeye.

Tags: AbanaBurundi
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Urusaku rw’Intwaro ziremereye n’izoroheje rukomeje kumvikana mu mujyi wa Uvira

Uvira:Imvururu hagati ya FARDC na Wazalendo zihangayikishije abaturage

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?