• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Igihano giteye isoni n’icyo cyahanishijwe Joseph Kabila wayoboye RDC imyaka 18

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 30, 2025
in Conflict & Security
0
Igihano giteye isoni n’icyo cyahanishijwe Joseph Kabila wayoboye RDC imyaka 18
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igihano giteye isoni n’icyo cyahanishijwe Joseph Kabila wayoboye RDC imyaka 18

Joseph Kabila Kabange wayoboye igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18 yose, urukiko rwa gisirikare rwo muri iki gihugu rwamukatiye igihano cyo kwicwa.

READ ALSO

Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka

Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)

Ahagana isaha z’umugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 30/09/2025, ni bwo ruriya rukiko rw’igisirikare rwasomye urubanza ruregwamo Joseph Kabila, uburanishwa adahari, rumuhanisha igihano cyo kwicwa.

Nk’uko uru rukiko rwabitegetse, ni uko yicwa, kandi rutegeka ko ahita afatwa ako kanya.

Kabila ashinjwa ibyaha birimo gufata ku ngufu, gutera inkunga imitwe y’itwaje intwaro igamije guhirika ubutegetsi, ubugambanyi,no gushishikariza ibikorwa bigamije intambara.

Kinshasa kandi ivuga ko ifite amakuru yuko Joseph Kabila agirana imikoranire ya hafi na AFC/M23 ndetse n’ubutasi bw’u Rwanda igihugu RDC ifata nk’umwanzi wayo ukomeye.

Bivugwa ko isomwa ry’uru rubanza ryamaze amasaha atanu, urukiko ruvuga ko Joseph Kabila ari umunyekongo, ngo kuko iyo ataza kuba we ntaba yarayoboye iki gihugu, anabe umugaba mukuru w’ingabo za Congo. Ni mu gihe mu minsi mike ishize ubutegetsi bw’iki gihugu bwa mwise umunyamahanga.

Hejuru y’ibyo, uru rukiko kandi rwamutegetse kuzishyura miliyari 29 z’amadolari kubaregera indishyi barimo Leta ya Congo n’imiryango y’abakorewe ibyaha muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: Joseph KabilaRdcUrukiko

Related Posts

Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
Conflict & Security

Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka

September 13, 2026
I Uvira Byakaze: Wazalendo basabye abaturage kugumuka kuri FARDC nyuma y’uko ifunze umwe mu bakomando babo
Conflict & Security

Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)

September 13, 2026
Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
Conflict & Security

Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.

September 12, 2026
Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta
Conflict & Security

Deux personnes tuées dans une embuscade contre des voyageurs en route vers Maheta

September 12, 2026
IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA
Conflict & Security

IBY’IGITERO CYAGABWE KU BAGENZI BEREKEZAGA MU MAHETA

September 12, 2026
Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi
Conflict & Security

Nyuma yo Gufata Mahanga, AFC/M23 Yerekeje i Bitoyi: Imirwano Ikomeye Yahuje Impande Zombi

September 12, 2026
Next Post
Burundi: Umu-motari yarasiwe mu mujyirwagati wa Gitega

Burundi: Umu-motari yarasiwe mu mujyirwagati wa Gitega

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
  • Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)
  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?