• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC. Ibirambuye…

minebwenews by minebwenews
June 29, 2025
in Regional Politics
0
Ibyimbitse ku masezerano u Rwanda na RDC byasinyanye.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igikurikiraho niyo ntambwe ikomeye, ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC. Ibirambuye…

You might also like

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungurehe na mugenzi we minisitiri wa Congo, Therese Kayikwamba Wagner, ni bo basinye amasezerano y’amateka agamije gushyiraho akadomo kanyuma intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Ni amasezerano yashyizweho umukono n’impande zombi (u Rwanda na RDC) ku itariki ya 27/06/2025, aho byabereye i Washington DC muri Amerika imbere ya minisitiri wayo w’ubanyi n’amahanga, Marco Rubio.

Nyuma yo gusinya ariya masezerano y’amahoro, umuryango w’ubumwe bw’afrika wavuze ko ari intambwe ikomeye itewe ku mahoro mu karere.

Yasinywe mu gihe umutwe wa M23 umaze igihe kitari gito ufashe ibice byinshi byo mu Burasirazuba bwa Congo.

Igikurikira nyuma yisinywa ry’amasezerano y’amateka ni yo ntambwe igoye impande zombi zigiye kwinjiramo.

Igisirikare cya RDC cyemeye guhagarika imikoranire iyariyo yose n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ndetse kandi gishimangira ko kigiye kuwurwanya ki kawurandura burundu.

Muri aya masezerano kandi byavuzwe ko u Rwanda ruvana ingabo zarwo k’u butaka bwa Congo, nubwo rwo rutemera ko ntazo rufiteyo.

Ikindi kandi ni uko hari ikibazo cy’uyu mutwe wa M23. Ubutegetsi bw’i Kinshasa burashaka gusubirana uduce twose uyu mutwe wa M23 wabohoje turimo n’udukungahaye ku mabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Ariko ibi byitezwe ko bizaganirwaho mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu Burasizuba bw’iki gihugu cya RDC, hagati ya RDC n’u mutwe wa M23 mu biganiro by’i Doha muri Qatar.

Ibyo niba bizashoboka bizaterwa nuko ibiganiro by’i Doha bizaganda hagati ya RDC n’u mutwe wa M23.

Nyamara kandi birasabwa ko u Rwanda na Congo bigirana ubusabane bwabugufi kugira ngo ibyo biyemeje bigerweho, bitabaye ibyo kw’aba ari uguhendana.

Hajuru y’ibyo, Amerika na yo irabwa kudaterera agati muryinyo, ngwise nk’aho yarangije ikibazo. Irasabwa kwegera cyane buri ruhande rurebwa n’iki kibazo kugira ngo bikomeze kurushaho kunoga.

Tags: Amasezerano y'amahoroAmerikaIkurikirahoIntambweU Rwanda na Congo
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi Amakuru mashya aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aremeza ko umuhuro utegerejwe cyane uzahuza Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Perezida...

Read moreDetails

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

Amakuru avugwa ku ndege yakoze impanuka mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?