• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ikiganiro Gikomeye Hagati ya Ukraine na Amerika ku Hazaza h’Amahoro

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 8, 2026
in World News
0
Ikiganiro Gikomeye Hagati ya Ukraine na Amerika ku Hazaza h’Amahoro
64
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ikiganiro Gikomeye Hagati ya Ukraine na Amerika ku Hazaza h’Amahoro

You might also like

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

Abayobozi bakuru ba Ukraine na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bongeye guhurira i Paris mu Bufaransa mu biganiro byihariye bivugwa ko bikomeye kandi byiganjemo ingingo ziremereye. Amakuru aturuka mu begereye impande zombi agaragaza ko ibi biganiro byibanze cyane ku bibazo bikakaye, cyane cyane ku turere twa Ukraine twafashwe ku ngufu n’ingabo z’u Burusiya (Moscow).

Ibi biganiro byabereye i Paris bikurikiye umwanzuro wafashwe ejo hashize tariki ya 0701/2026, n’abayobozi b’i Burayi barimo u Bufaransa n’u Bwongereza, bemeranyije kwitegura kohereza ingabo zo kubungabunga amahoro muri Ukraine. Uwo mugambi w’u Burayi washyigikiwe ku mugaragaro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ikomeje kugira uruhare rukomeye mu guhuza no kuyobora ibiganiro bigamije gushakira umuti urambye intambara ihanganishije Ukraine n’u Burusiya.

Haravugwa ko izi nama z’i Paris zishobora kuba intambwe ikomeye mu gushaka igisubizo kirambye ku ntambara imaze igihe ihungabanya umutekano w’u Burayi n’isi muri rusange. Icyakora, inzira iganisha ku mahoro iracyari ndende, bitewe n’uko ingingo ziri ku meza y’ibiganiro zirimo ikibazo cy’ubutaka, ubusugire bwa Ukraine ndetse n’inyungu z’ibihugu bikomeye. Ibi byose bisaba ubwitonzi, ubushishozi n’ubwumvikane buhanitse mu bya dipolomasi.

Tags: amahoroAmericaParisRussiaUkraine
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran

Amerika Yarushijeho Gukaza Ingamba kuri Iran Mu gihe umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kuba mubi kandi urimo urujijo, abayobozi bakuru...

Read moreDetails

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Amerika na Iran mu Biganiro Bikomeye i Islamabad

Ibiganiro Biracyarimo Urujijo n’Impaka ku Ngingo z’Ingenzi Hagati ya Iran na Amerika Umwuka wa dipolomasi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro

Israel na Lebanon mu nzira y’amahoro Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko igihugu cye kiri mu cyerekezo cyiza cyo kugera ku masezerano y’amahoro ashobora kuba ay’amateka...

Read moreDetails

Ese Operasiyo ya Amerika muri Iran yari Ubutabazi bw’Umupilote cyangwa Umugambi wo Kwiba Uranium? Byinshi kuri Iyi nkuru

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Ese Operasiyo ya Amerika muri Iran yari Ubutabazi bw’Umupilote cyangwa Umugambi wo Kwiba Uranium? Byinshi kuri Iyi nkuru

Ese Operasiyo ya Amerika muri Iran yari Ubutabazi bw’Umupilote cyangwa Umugambi wo Kwiba Uranium? Byinshi kuri Iyi nkuru Mu gihe umubano hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails

U Bubiligi Bwikomye Iyiyongera ry’Abasaba Ubuhungiro b’Abanye-Congo

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
U Bubiligi Bwikomye Iyiyongera ry’Abasaba Ubuhungiro b’Abanye-Congo

U Bubiligi Bwikomye Iyiyongera ry’Abasaba Ubuhungiro b’Abanye-Congo Minisitiri ushinzwe impunzi n’abimukira mu Bubiligi, Anneleen Van Bossuyt, yatangaje ko igihugu cye gihangayikishijwe n’ubwiyongere bukabije bw’Abanye-Congo basaba ubuhungiro, aho umubare...

Read moreDetails
Next Post
Amerika Yafashe Ubwato bw’u Burusiya, Bitera Impaka Zikomeye ku Rwego Mpuzamahanga

Amerika Yafashe Ubwato bw’u Burusiya, Bitera Impaka Zikomeye ku Rwego Mpuzamahanga

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?