• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, May 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uvira hashyizwe ho ingamba zikaze zo gukaza umutekano.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2025
in Regional Politics
0
Uvira hashyizwe ho ingamba zikaze zo gukaza umutekano.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uvira hashyizwe ho ingamba zikaze zo gukaza umutekano.

You might also like

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Ubuyobozi bw’umujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajy’epfo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bwashyize ho ingamba zikomeye, bijyanye no gukurinda umutekano waho.

Ni ingamba zashyizweho mu gihe intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, mu nkengero z’umujyi wa Bukavu muri iyi ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Zimwe muri izo ngamba zirimo kubuza ibinyabiziga kwinjira no gusohoka muri Uvira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba n’izi gitondo.

Kimwecyo, iyi ngingo yafashwe n’umuyobozi bw’uyu mujyi wa Uvira ishobora kutazorohera abakoresha ibinyabiziga birimo za Moto n’imodoka bakorera hanze ya Uvira bavuye Fizi, no mu bindi bice birimo ikibaya cya Rusizi, ndetse na Bukavu, kuko batinda mu muhanda kubera imyinshi muri iyi mihanda yangiritse, bityo bigatuma bagera muri Uvira mu ijoro.

Mu itangazo ubuyobozi bw’uyu mujyi ryashyizwe ho umukono na Maya Kiza Muhato ryerekana ko iz’ingamba zashyizweho kugira ngo zifashe mu rwego rwo kugabanya ingaruka z’umutekano muke muri ibi bihe mu Burasirazuba bw’iki gihugu hari intambara ikomeye.

Iyi ngingo kandi ifashwe mu gihe aha muri Uvira hamaze kugera impunzi nyinshi aho zaje zivuye i Goma, Uvira no mu bindi bice birimo intambara.

Gusa bamwe mu baturage ntibashimye iyi ngingo, kuko bavuga ko ni Bukavu ibikorwa bikomeje gukorwa haba mu ijoro cyangwa ku manywa.

Ni mu gihe kandi guverineri w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo, Jean Jaques Perusi yakoze urugendo, asura amakomine atatu yo mu mujyi wa Bukavu mu rwego rwo kwizeza abaturage bayo uko umutekano wabo wifashe kugira ngo bakomeze imirimo yabo ntabwoba.

Tags: IntambaraM23UmutekanoUvira
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

by Bahanda Bruce
May 10, 2026
0
Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027

Karabaye i Burundi: Amashyaka Akomeye Atavuga Rumwe n’Ubutegetsi Yanze Kwitabira Imyiteguro y’Amatora ya 2027 Mu gihe u Burundi buri kwinjira mu bihe bikomeye byo kwitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka ku rwego mpuzamahanga nyuma yo...

Read moreDetails

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda Ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu gihe isi yinjira mu...

Read moreDetails

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yongeye kunenga...

Read moreDetails
Next Post
Ibya barwanyi ba Maï-Maï batanze umusaada i Bukavu.

Uwari umu Maï-Maï ukomeye yaguye mu mirwano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?