• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imwe mu batayo y’ingabo z’u Burundi ngo yaba yarazimye yose mu mirwano na m23, ibirambuye kuri iyi nkuru.

minebwenews by minebwenews
March 14, 2025
in Regional Politics
0
Ingabo z’u Burundi zakijijwe n’amaguru zihunga m23 i Kaziba.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imwe mu batayo y’ingabo z’u Burundi ngo yaba yarazimye yose mu mirwano na m23, ibirambuye kuri iyi nkuru.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Mu mirwano iheruka kubera i Kaziba muri teritware ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ingabo z’u Burundi zo muri batayo ya munani n’iya cumi ngo zahuye n’imirwano ikaze, bikavugwa ko i batayo ya cumi yahise iburirwa irengero burundu, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Imirwano y’ i kaziba, iyahanganishije ingabo z’u Burundi n’abarwanyi bo mu mutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa, yabaye mu minsi itatu ishyize muri iki cyumweru, aho byarangiye uyu mutwe uhigaruriye nyuma yokuhirukana izi ngabo z’u Burundi na Wazalendo ndetse na FDLR.

Amasoko yacu atandukanye dukesha iyi nkuru, avuga ko ingabo z’u Burundi zaguye mu gico cya m23 irazirasa kubi, ku buryo abanshi bo muri ziriya ngabo zo muri batayo ya cumi bishwe, abatishwe barakomereka, ndetse abandi n’abo barahahamuka baburirwa irengero; bigera naho muri barya bakomeretse nta numwe wabashije gukurwa aho urugamba rwabereye.

Iyi nkuru ikavuga ko abarwanyi b’uyu mutwe bateye ziriya ngabo z’u Burundi baturutse inzira nyinshi, ndetse igice kimwe cyo muri aba barwanyi, cyagiye cyambaye imyambaro y’igisirikare cy’u Burundi, ngo kuko Abarundi babibesheho bagira ngo nibagenzi babo baje kubaha umusaada, ubundi bahura nakaga.

Ikomeze ivuga ko izi ngabo z’u Burundi zo muri batayo ya cumi, yahise isenywa burundu bitewe nuko abari bayigize batakaje ubuzima bwabo, aho binavugwa ko batoyo ya munani yaje kubaha umusaada yananiwe guhamba imirambo yababo yose imwe bayita ku musozi.

Iyi batayo ya munani yahaye iya cumi umusaada binjiye mu rugamba maze m23 irabagota, basukwaho umuriro mwinshi w’imbunda, maze ngo bakizwa n’amaguru.

Amasoko yacu akavuga ko iyi mirwano yabereye i Kaziba yaguyemo abasirikare benshi b’u Burundi kuburyo igihugu cyabo kitazapfa kibibagiwe, muri aba bapfuye barimo batatu bakuru bo kurwego rwa major, tutibagiwe na major Claude Ndikumana we wayifatiwemo amatekwa, akaba yari umuyobozi w’ungirije muri iyi batayo ya munani.

Tags: IkazibaYazimye
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo bayivuyemo biyunga na m23.

Abarwanyi benshi bo muri Wazalendo bayivuyemo biyunga na m23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?