• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 4, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo zishinzwe gutabara aho rukomeye (EASF), zo mu bihugu by’Afrika y’iburasirazuba (EAC ) ziri mu Nama idasanzwe mu Gihugu cy’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo zishinzwe gutabara aho rukomeye (EASF), zo mu bihugu by’Afrika y’iburasirazuba (EAC ) ziri mu Nama idasanzwe mu Gihugu cy’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba, EASF (East Africa standby Force), zitabara aho rukomeye ziri mu biganiro bidasanzwe mu gihugu cy’u Rwanda.

You might also like

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

Ni mu Nama yatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 25/03/2024, bikaba biteganijwe ko izamara iminsi igera muri ine, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bugize uyu mutwe w’ingabo.

Iy’i Nama bavuga ko igamije kurebera hamwe uburyo hatezwa imbere imikoranire hagati y’ibihugu bigize uyu muryango, ndetse no gusangizanya ubuhanga mu buryo ibi bihugu bizahora byiteguye guhangana n’ibibazo.

Ubuyobozi bw’i ngabo z’u Rwanda(RDF ) bwakiriye ik’i cyicaro, bwo buvuga ko intego nyamukuru y’ibi biganiro ari uguhuza ingamba hagati y’ibihugu byo muri uyu muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC), harimo guhangana n’ibibazo birimo ibyorezo mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ingingo uy’u muryango HANDS(Humanitarian action and natural disasters) zigamije guhangana n’ibiza kamere.

Ibi biganiro byatangijwe na Col Claudien Bizimungu(wo mu ngabo z’u Rwanda) usanzwe ari umuyobozi w’u ngirije w’u mutwe w’i ngabo zishinzwe ubw’ubatsi, yavuze ko i Nama nk’iyi yitezwemo guha imbaraga imikoranire ndetse no gusangira ibitekerezo mu guhangana n’ibiza.

Col Bizimungu kandi ngo yasabye abitabiriye ibyo biganiro kuganira nk’abavandimwe no kugaragaza udushya twafasha ibihugu kujya bibasha kwitwara neza mu gihe habaye ibyo bibazo, kuko ari byo bizatuma Afrika y’iburasizuba irushaho kubaho itekanye.

Ni mu gihe umuyobozi mukuru w’u munyabanga bwa EASF, Brigadier Gen Paul Kahuria Njyema we yagarutse kuri bimwe mu bibazo biza bikabera umutwaro Guverinoma z’i bihugu bigize uyu muryango ndetse n’uyu muryango ubwayo. Uyu muyobozi yanasabye abitabiriye iyi Nama gukora ibishoboka ibihugu binyamuryango bikazarushyaho gukorera bikorera hamwe.

Avuga ko kandi Ingabo zigize uyu mutwe zishinzwe gutabara aho rukomeye bya hafi n’ibihugu byo muri uy’u muryango ndetse n’ahandi nko mu muryango w’Afrika yunze ubumwe, no gushakira umuti ibibazo by’inzaduka.

           MCN.
Tags: EASFI Nama idasanzweIngabo zishinzwe gutabara aho rukomeyeRwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?