• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 3, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Isasu rya M23 rikomeje kuvuza ubuhaha mu misozi ya teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2024
in Regional Politics
0
Isasu rya M23 rikomeje kuvuza ubuhaha mu misozi ya teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za General Sultan Makenga, zikomeje kubohoza ibice byarimo FDLR, FARDC, ingabo z’u Burundi, SADC na Wazalendo.

You might also like

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

Ni nyuma y’intambara imaze iminsi ibiri, ibera muri axe ya teritware ya Rutsuru, ndetse n’ubu muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 07/03/2024, imirwano ikaze irimo kubera i Kibirizi, muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amasoko yacu dukesha iy’inkuru avuga ko ari ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bagabye iki gitero bakigaba i Kibirizi ahari Ingabo za General Sultan Makenga, zikaba zara higaruriye kuri uyu wa Kabiri, w’iki Cyumweru turimo.

N’ubwo FARDC n’abambari bayo aribo FDLR, Abacanshuro, ingabo z’u Burundi, Wazalendo na SADC, aribo bagaba ibitero mu birindiro bya M23, nti bibuza ko batsindwa urugamba bakaza gukizwa n’amaguru.

Kuva kuri uyu wa Mbere, w’iki Cyumweru, M23 y’igaruriye ibice birimo, Nyanzale, Kirima, Gatsiro, Kashalira, Kikuku, kibingu n’ahandi.

Abaturage baturiye ibyo bice baravuga ko M23 kugeza ubu ikirimo gufata ibindi bice harimo ko n’imisozi iri mu nkengero za Kibirizi ko yamaze kugeramo ingabo z’uyu mutwe. Gusa aba baturage barahamya ko urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito ko rurimo k’umvikana mu bice bya Kibirizi no mu nkengero zaho.

     MCN.
Tags: Isasu rya M23 rikomeje kuvuza ubuhahaTeritware ya Rutsuru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru Abakuru b’Ibihugu na za...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi by’imbitse kuri Operasiyo yakozwe na Twirwaneho, ubwo yarimo yirwanaho, yagabweho ibitero n’ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo n’ingabo z’u Burundi.

Ibindi by'imbitse kuri Operasiyo yakozwe na Twirwaneho, ubwo yarimo yirwanaho, yagabweho ibitero n'ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo n'ingabo z'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?