• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

minebwenews by minebwenews
June 13, 2025
in World News
0
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Mu buryo bwo kwihimura, Iran yohereje muri Israel drones zirenga 100 na za misile, ariko byose igisirikare cy’iki gihugu cya Israel kirabishywanyaguza.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Ijoro ryaraye rikeye rishyira ku wa gatanu, Israel yagabye ibitero muri Iran, ibyiciramo abakuru b’ingabo z’iki gihugu.

Nk’uko Israel yagabye biriya bitero yabitangaje, yavuze ko byahitanye umugaba mukuru w’Ingabo za Iran, Maj. Gen. Mohammad Bagheri, umuyobozi wa Revolutionary, Gurd, Hossein Salami, n’umuyobozi w’umutwe w’ingabo zishinzwe ibikorwa byihutirwa ndetse n’abandi benshi, biciwe muri iki gitero.

Ikinyamakuru cya Al Jazeera cyatangaje ko igisirikare cya Israel n’icya Jordan byatangiye gushywaguza ziriya drones.

Ibinyamamakuru byo bikorera muri Israel, biri kuvuga ko ingabo z’iki gihugu cyabo ko ziri gushwanyaguza drones za Iran zikiri mu kirere cya Syria, mu gihe ibindi nabyo bivuga ko biri gushwanyagurizwa mu kirere cya Arabia Saoudite.

Jordan yo, ibiro byayo bikuru, byatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu ko na cyo cyashoboye gushwanyaguza drones na misile zinjiye mu kirere cyacyo ku manywa yo kuri uyu wa gatanu, tariki ya 13/05/2025.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss, yatangaje ko igitero gikomeye ingabo z’igihugu cye zagabye kuri Iran, cyari kigamije gusenya ibyahungabanya umutekano wa Israel, ngo kuko Iran imaze imyaka myinshi ihigira kuyirimbura.

Muri iki gitero, Israel yarashe ku bikorwaremezo by’ingufu kirimbuzi, ku bigo by’ingabo zidasanzwe za Iran, ahaba abasirikare bakuru b’iki gihugu n’abahanga mu by’izi ngufu.

Ambasaderi wa Israel yagize ati: “Mu myaka ya vuba, ubutegetsi bw’intagondwa bwa Iran bwahigiye kurimbura Leta ya Israel. Ubu butegetsi bwasabye byeruye kenshi ko Leta ya Israel irimburwa. Iran ni yo Leta ya mbere ishigikira iterabwaba.”

Yanatanze n’urugero ku magambo yavuzwe n’umuyobozi w’ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, tariki ya 17/05/2025, avuga ko yise Leta ya Israel akabyimba ka kanseri gakwiye gukurwa mu mubiri.

Ku rundi ruhande, Leta Zunze ubumwe z’Amerika zatangaje ko ziteguye gushyigikira inshuti yayo yakadakurwaho, Israel. Ivuga kandi ko igihe cyose ko izakomeza kuba ku ruhande rwayo.

Tags: DronesIranIsraelMisile

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk'imvura, ibyinshi birapfuba….

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
  • FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira
  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?