• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Léonard Okitundu, wigezeho kuba Minisitiri w’ubanye n’amahanga muri RDC yasanze diplomasi ariwo muti wonyine wazana amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
September 9, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Léonard Okitundu wigezeho kuba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga muri Congo Kinshasa, we ngwasanga inzira yokuganira yaba umuti mwiza w’amakimbirane ari hagati y’u Rwanda n’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Ibi abivuze mugihe ibihugu byombi bimaze umwaka urenga birebana ayingwe. Amakimbirane kuribi bihugu byombi yadutse mugihe huburaga intambara hagati y’ingabo za FARDC n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23.

Ubutegetsi bwa Kinshasa bushinja ubw’u Rwanda guha ubufasha umutwe wa M23 mugihe u Rwanda rwo rushinja FARDC gukorana n’umutwe wa FDLR ugambiriye kuruhungabanyiriza umutekano.

Inzego z’akarere ibihugu byombi biherereyemo zagerageje kunga ibihugu byombi, gusa kugeza ubu ibibazo bifitanye ntabwo birakemuka.

Ku bwa Okitundu, u Rwanda na Republika ya Democrasi ya Congo bakwiye gushaka igisubizo cya dipolomasi mu rwego rwo gukemura amakimbirane bifitanye.

Yagize ati: “Nahoze ndi Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, ndatanga ubuvugizi bwo gushaka igisubizo cya dipolomasi mu gihe haba hitabwa ku kibazo cy’imitwe yitwaje intwaro, mu rwego rwo kwizera ubusugire bwa RDC.”

Yakomeje agira ati: “Tugomba gushyigikira igisubizo cya dipolomasi mu burasirazuba bwigihugu cyacu, kuko intambara tuzi uko tuyitangira, ariko ntituzi uko tuyirangiza, ikindi abaturage bacu ni bo bahohoterwa. Ni yo mpamvu, ntekereza ko ibisubizo byo gukemura amakimbirane mu mahoro bikomeje gushakishwa. “

Okitundu yanagaragaje ko u Rwanda na RDC bakwiye gukora iyo bwabaga mu gukumira icyo ari cyo cyose cyaganisha ku ntambara.

Yavuze ko “Dipolomasi y’igihugu ni yo ruhande nyarwo rwacyo. Twakumiriwe kubana na kiriya gihugu ni yo mpamvu ari ngombwa gushaka igisubizo cya dipolomasi. Ikibazo nyamukuru ni uburyo bwo gusobanura ikibazo cyavutse mu burasirazuba bwa RDC ari na byo bizadufasha kubona ibisubizo biboneye.”

Kugeza ubu Leta ya Congo imaze igihe isabwa kujya mu biganiro na M23, gusa yarahiye ko itazigera ijya mu biganiro n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23.

By Bruce Bahanda.

Tariki 10/09/2023.

Tags: DiplomasiLéonard OkitunduNiwo muti wonyine wazana amahoro hagati ya RDC n'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails
Next Post

I Bukavu muri Kivu yamajy'Epfo, hadutse ubujura budasanzwe.

Comments 1

  1. Keven Burgardt says:
    3 years ago

    I as well believe thus, perfectly composed post! .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?