• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Maï Maï yakijijwe n’amaguru nyuma yokumishwaho urufaya rw’amasasu ku Kabara.

minebwenews by minebwenews
November 1, 2024
in Regional Politics
1
Maï Maï yakijijwe n’amaguru nyuma yokumishwaho urufaya rw’amasasu ku Kabara.
124
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yakijijwe n’amaguru nyuma yokumishwaho urufaya rw’amasasu ku Kabara.

You might also like

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

Ku munsi w’ejo hashize umutwe w’inyeshamba wa Maï Maï wagabye igitero ku bungeri b’inka z’Abanyamulenge ku Kabara muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ariko ntibyayihira kuko bariya bungeri bahise bahindukiza imbunda barayirasa iza gukizwa n’amaguru.

Agace icyo gikorwa cyabereyemo neza nakitwa ku Kabara kwa Kagesha, haherereye muri Collectivite Tanganyika, Grupema Balala Nord muri Fizi, intara ya Kivu y’Amajy’epfo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahagana isaha z’umugoroba z’ahar’ejo ku wa kane, ubwo abungeri b’inka z’Abanyamulenge bari bahinduye inka zabo, nibwo igitero cya Maï Maï cyabaturutse inyuma, maze bakivuzamo urufaya rw’amasasu, birangira icyo gitero gikijijwe n’amaguru.

Ubuhamya bwatanzwe bugira buti: “Abungeri b’inka bari bahinduye, bageze ku Kabara kwa Kagesha, bari bamaze gutambuka agakomero kahaba, Maï Maï ibaturuka inyuma ije kunyaga Inka. Nibwo bahise bayirasa ihungira mu mibande.”

Bivugwa ko aba bungeri bari birije Inka zabo ku misozi igana mu Kigazura, ari nabyo bice Mai Mai yaje iturutsemo. Ariko ibiraro byabo byari ku misozi ya Kabara.

Ubwo ayo masasu yaraswaga, abari mu Mikenke no mu nkengero zayo barayumvise, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Umuturage uri mu Mikenke yabwiye MCN ati: “Hari amasasu twumvise menshi ku mugoroba, yumvikanye nyuma gato yuko Inka zari ziriwe mu Kigazura, zatashye. Gusa ntabyinshi byayo twamenye.”

Ibyo bibaye mu gihe muri ibi bice havuzwe interahamwe, ndetse biranavugwa ko zakambitse ahitwa mu Gipupu, agace gatuwemo Ababembe n’Abanyindu.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga n’uko izo nterahamwe zageze mu Gipupu ziturutse mu mashyamba ya Mwenga.

Si Gipupu yonyine ivugwamo interahamwe, kuko no mu Rurambo, ibyemweru bigera kuri bitatu, bishyize zirimo kuhavugwa, kandi binavugwa ko zahageranye n’abana n’abagore. Iz’interahamwe zikaba zicyumbikiwe na Gumino na Maï Maï.

Tags: Abungeri b'inka z'AbanyamulengeKabaraMaï Maï
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Bibogobogo, inama yahuje ingabo z’u Burundi n’abaturage yavugiwemo amagambo akakaye.

Bibogobogo, inama yahuje ingabo z'u Burundi n'abaturage yavugiwemo amagambo akakaye.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    priligy en france viagra cipralex 30 mg depression Over the 25 years since Johnson s eye popping, steroid fuelled brilliance was savagely cut short and his life ruined, I have increasingly found myself fascinated by the moral ambiguities produced by the tensions between these competing paradigms

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?