• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Maï Maï yakijijwe n’amaguru nyuma yokumishwaho urufaya rw’amasasu ku Kabara.

minebwenews by minebwenews
November 1, 2024
in Regional Politics
1
Maï Maï yakijijwe n’amaguru nyuma yokumishwaho urufaya rw’amasasu ku Kabara.
124
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yakijijwe n’amaguru nyuma yokumishwaho urufaya rw’amasasu ku Kabara.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ku munsi w’ejo hashize umutwe w’inyeshamba wa Maï Maï wagabye igitero ku bungeri b’inka z’Abanyamulenge ku Kabara muri teritware ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ariko ntibyayihira kuko bariya bungeri bahise bahindukiza imbunda barayirasa iza gukizwa n’amaguru.

Agace icyo gikorwa cyabereyemo neza nakitwa ku Kabara kwa Kagesha, haherereye muri Collectivite Tanganyika, Grupema Balala Nord muri Fizi, intara ya Kivu y’Amajy’epfo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahagana isaha z’umugoroba z’ahar’ejo ku wa kane, ubwo abungeri b’inka z’Abanyamulenge bari bahinduye inka zabo, nibwo igitero cya Maï Maï cyabaturutse inyuma, maze bakivuzamo urufaya rw’amasasu, birangira icyo gitero gikijijwe n’amaguru.

Ubuhamya bwatanzwe bugira buti: “Abungeri b’inka bari bahinduye, bageze ku Kabara kwa Kagesha, bari bamaze gutambuka agakomero kahaba, Maï Maï ibaturuka inyuma ije kunyaga Inka. Nibwo bahise bayirasa ihungira mu mibande.”

Bivugwa ko aba bungeri bari birije Inka zabo ku misozi igana mu Kigazura, ari nabyo bice Mai Mai yaje iturutsemo. Ariko ibiraro byabo byari ku misozi ya Kabara.

Ubwo ayo masasu yaraswaga, abari mu Mikenke no mu nkengero zayo barayumvise, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Umuturage uri mu Mikenke yabwiye MCN ati: “Hari amasasu twumvise menshi ku mugoroba, yumvikanye nyuma gato yuko Inka zari ziriwe mu Kigazura, zatashye. Gusa ntabyinshi byayo twamenye.”

Ibyo bibaye mu gihe muri ibi bice havuzwe interahamwe, ndetse biranavugwa ko zakambitse ahitwa mu Gipupu, agace gatuwemo Ababembe n’Abanyindu.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga n’uko izo nterahamwe zageze mu Gipupu ziturutse mu mashyamba ya Mwenga.

Si Gipupu yonyine ivugwamo interahamwe, kuko no mu Rurambo, ibyemweru bigera kuri bitatu, bishyize zirimo kuhavugwa, kandi binavugwa ko zahageranye n’abana n’abagore. Iz’interahamwe zikaba zicyumbikiwe na Gumino na Maï Maï.

Tags: Abungeri b'inka z'AbanyamulengeKabaraMaï Maï
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Bibogobogo, inama yahuje ingabo z’u Burundi n’abaturage yavugiwemo amagambo akakaye.

Bibogobogo, inama yahuje ingabo z'u Burundi n'abaturage yavugiwemo amagambo akakaye.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    2 years ago

    priligy en france viagra cipralex 30 mg depression Over the 25 years since Johnson s eye popping, steroid fuelled brilliance was savagely cut short and his life ruined, I have increasingly found myself fascinated by the moral ambiguities produced by the tensions between these competing paradigms

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?