• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Menya Umusirikare Udasanzwe Uzwiho Kuba Indwanyi Muburyo Bwihariye. Uwo Ni Major Robert Mugabe.

minebwenews by minebwenews
June 7, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twabakusanyirije amateka y’umusirikare w’indwanyi. Umusirikare wabiciye biracika ahanini muntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umusirikare utazundya umunwa numwe mubasirikare barwanye intambara ninshi muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo (Eastern Drc). Gusa iz’intambara zasize zimumumugaje ukuboko ariko kubwamahirwe yahawe ukuboko kwikizungu abifashijwemo nabasirikare bakuru bazi amateka ye.

You might also like

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Uwo ni Major Robert Mugabe.

Uyumusirikare Mugabe Robert, yabonye izuba tariki 17.11.1985, avukiye ahitwa Ingungu homuri Groupement ya Bafindo, teritware ya Masisi, intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Numusirikare Uzi nogusenga dore ko yabatirijwe mw’idini ry’Abadivantiste bumunsi wakarindwi(7).

Mugabe Robert, arubatse afite umwana umwe kumudamu umwe.

Yize ishuri ribanza ararirangiza kwishuli rya Luzilantaka, muri Kivu y’Amajyaruguru.

Mugihe ishuli ry’isumbuye ryo yaryigiye mugihugu cya babanyi i Rwanda, kwishuli rya Mutenderi/Kibungo, gusa ntiyaje kurangiza ishuli ry’isumbuye kuko nibwo yahise yinjira igisirikare mumwaka wa 1996, icogihe intambara yarikaze mucahoze citwa Zaïre. Igisirikare yacyinjiriye ahitwa i Gabiro ho mugihugu c’u Rwanda. Yize igihe kingana namezi 6.

Nyuma yuko arangije Formation yagisirikare yoherejwe gukorera akazi ke kambere mugace ka Byumba, ubwo hari mumwaka wa 1997, bwambere yakoreye muri 105ème Batayo(B.N) muri 211ème Brigade (B.D).

Robert muri uyumwaka wambere atangira akazi ke ka Gisirikare yagiriwe icizere bivanye nuko ingabo z’u Rwanda zamubonyeho ubunararibonye yoherejwe mukigo ciga kurasa imbunda Ziremereye, ubwo hari mumwaka wa 1997. Mumbunda Ziremereye yabashe kwiga harimo iza Kateusha, Twelve Spg(75mm) nizindi ninshi.

Ahagana mumwaka wa 1998, yavuye mungabo za RPF (I Rwanda), yambuka umupaka yinjira kubutaka bw’aCongo maze yiyunga ningabo zahoze ariza RCD, ya Azalias Ruberwa Manywa.

Ubwo nibwo Major Robert Mugabe, yoherejwe gukorera mungabo za 5ème Brigade, yarifite icicaro mumujyi wa GOMA. Muricogihe Major Robert Mugabe yariyavuye i Rwanda mungabo za RPF afite ipeti rya Sergent major.

Mumwaka wa 2000 n’a 2002, yaramaze kuva i Goma yamaze kugera mungabo za 12ème Brigade aha yarakiri muburasirazuba bwa RDC.

Akaba arinabwo Major Robert Mugabe, yatangiye kwandika amateka ubwo yari muri 12ème Brigade aho bivugwa ko yarwanye intambara zikomeye mubice bya Arru,Kanyabayonga, Robero, Mbingi, walimbongo nahandi. Uko Major Robert Mugabe yinjiraga murugamba yatahanaga imihigo yabashe kwambura abanzi ba RCD GOMA.

Yaje kuvanwa muri 12ème Brigade, yoherezwa muri 114 Brigade. Mumwaka wa 2004 -2006, nibwo yagiriwe icizere ahabwa ipeti rya Captaine .

Mumwaka wa 2004, yarwanye intambara ya Bukavu, intambara yahawe izina rya “Fardc Contre Banyamulenge.” Ubwo yari muruhande rwa Banyamulenge.

Yaje gukomerezaho arwana intambara za kanyabayonga intambara ziswe ko ari “Opération Bima,” zari ntambara za FARDC nabavuga ururimi rw’Ikinyarwanda (Fardc Contre Rwandaphones).

Mugihe cya Brassage, kirangiye ubwo Major Robert yariyamaze kwiyunga nigisirikare cya RDC, arinabwo yoherejwe za Beni aha yaje kuba muntambara za Balendu naba Hema(Lendu Contre Hima).

Arinabwo yaje kwitandukanya n’ingabo za leta ya Kinshasa, yiyunga ningabo za CNDP, ibi yabikoze mugihe Fardc yarimaze kumufunga igihe kingana namezi arindwi (7).

Mumwaka wa 2009, ubwo CNDP yarimaze kuzamo agatotsi, yongeye kwiyunga nabasirikare ba FARDC arinabwo yoherejwe muri Kitchanga, akorera Bukombo, Tebero nahandi[…..].

Mumwaka wa 2011, Robert Mugabe, ahabwa ipeti rya Major, aza noguhabwa kuyobora yungirije Komanda Batayo, mugace ka Gatare ho muri Kivu y’Amajyaruguru.

Yongera gusubira Walikale, arwana intambara icogihe ninshi harimo n’Intambara ya Busihe arinayo ntambara yasize imumugaje ukuboko gusa yaje kuvugwa arakira ahabwa ukuboko .

Mumwaka wa 2012, yitandukanyije n’ingabo za leta ya Kinshasa (FARDC), maze y’iyunga ningabo za M23, ahagana mumwaka wa 2013, izingabo zahungiye i Rwanda. Bongera gusubira kubutaka bw’aCongo, icogihe Robert Mugabe, yoherejwe gukorera muri Sabyinyo ahagana mukwezi kwa 12/2022.

Major Robert Mugabe, ari mubasore bakanguriye abandi kuva muri Fardc ngo biyunge n’a CNDP ndetse n’a M23. Yakanguriye kandi Abasore n’inkumi kuva mumahanga maze bagataha kubohora Gakondo yabo.

Major Robert Mugabe, azwiho gukunda gusenga akunda nabantu bagiye bakora Ibintu bikomeye kwiy’isi byavuzwe ko akunda gusoma amateka ya Thomas Sankara, Fidel Castro ndetse n’a Checkvala.

Ayanamateka mwayateguriwe na Bruce Bahanda, Nfashijwe numwe mubasirikare babanye n’a Major Robert, Major Dizizi ndetse twifashije n’a nyiribwite.

kw’itariki 07.06.2023, kuri Minembwe Capital News.

Tags: M23Major Robert Mugabeumusirikare Udasanzweumusirikare w'indwanyi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails
Next Post

Uwahoze Ayoboye RDC Joseph Kabira, Aranenga Imyitwarire Ya President Félix Tshisekedi, Wamutsimbuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?