• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Minisitiri w’ubutabera muri RDC, yibasiriye umuryango w’umwe bw’u Burayi, abashinja ko bigize abavugizi ba b’Anyamulenge.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitre w’ubutabera Rose Mutondo, yibasiriye umuryango w’umwe bw’u Burayi kuba bashinja Justin Bitakwira kwibasira Abanyamulenge (Tutsi).

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 29/07/2023, saa 6:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Uyumunsi kw’itariki 29 /07/2023, nibwo ministre wubutabera muri Congo Kinshasa Rose Mutondo yagaragaje uruhande ahereyemo mukirego cyarezwe ministre wacyuyigihe Justin Bitakwira aho ashinjwa nu muryango w’ubumwe bw’Uburayi ( UE ) ko akoresha invugo zikurura abantu murwango rwokwicana maze akibasira abo mubwoko bw’Abanyamurenge (Tutsi).

Murwandiko uyu minisitiri wubutabera Rose Mutondo, yandikiye uhagarariye umuryango w’ubumwe bw’Uburayi muri Congo Kinshasa yagize ati: “Narababaye cyane igihe nabonaga ibaruwa izenguruka muribamwe dukorana irega Justin Bitakwira ariko aho niboneye ndatangara ukuntu ubumwe bw’u Burayi bushobora kwigira umuvugizi wa b’Anyamulenge (Tutsi), buvuga ko bagirwaho ingaruka nibyo Bitakwira avuga .
Ibyemezo byanyu n’inkaho bitanakomeye cyangwa mugabo n’inkaho bitabaho mugihe aba Kongomani bapfa bicwa n’ingabo z’igihugu gituranyi c’u Rwanda ndetse hamwe nabafatanyabikorwa babo aribo M23 mwarangiza mukicecera muba mutekereza koko?”

“Uyu Minisitre w’ubutabera Rose Mutondo, akaba yahamagariye uhagarariye ubumwe bw’u Burayi muri Congo Kinshasa ko mugihe cyogufatibyemezo kubanyagihugu ba Congo ko bagomba kuza babanza kureba minisitre w’ubutabera.”

Ibi bibaye mugihe ubumwe bw’u Burayi bwari buheruka gusaba ko ubutabera bwa Congo Kinshasa bukurikirana uwahoze ari Minisitiri w’itera Mbere muntara ya Kivu yamajy’Epfo Justin Bitakwira. Nimugihe ashinjwa invugo zikunze kwibasira abo mubwoko bw’Abatutsi (Banyamulenge).

Bitakwira, avuka mubwoko bwa b’Apfulero, batuye muri Kivu yamajy’Epfo, mugace ka Uvira akaba yarautse mumwaka wa 1961. Mubihe bye byose akunze gukoresha amagambo abiba amacakubiri hagati mumoko aturiye Uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Tags: Bw'u BurayiJustin BitakwiraMinisitiri w'ubutaberaRdcRose MutondoUbumwe

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post

Yapfuye urukundo rwabo rutaramara amasegendo, umusore wo muri Turkiya ari mugahinda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Kasheke : un incendie transforme une journée scolaire en journée de deuil
  • Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
  • Fizi mu mirwano ikomeye: Mulima, Nguli na Kananda bivugwamo impinduka zikomeye ku rugamba
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?