• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, July 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Minisitiri w’ubutabera muri RDC, yibasiriye umuryango w’umwe bw’u Burayi, abashinja ko bigize abavugizi ba b’Anyamulenge.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitre w’ubutabera Rose Mutondo, yibasiriye umuryango w’umwe bw’u Burayi kuba bashinja Justin Bitakwira kwibasira Abanyamulenge (Tutsi).

You might also like

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 29/07/2023, saa 6:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Uyumunsi kw’itariki 29 /07/2023, nibwo ministre wubutabera muri Congo Kinshasa Rose Mutondo yagaragaje uruhande ahereyemo mukirego cyarezwe ministre wacyuyigihe Justin Bitakwira aho ashinjwa nu muryango w’ubumwe bw’Uburayi ( UE ) ko akoresha invugo zikurura abantu murwango rwokwicana maze akibasira abo mubwoko bw’Abanyamurenge (Tutsi).

Murwandiko uyu minisitiri wubutabera Rose Mutondo, yandikiye uhagarariye umuryango w’ubumwe bw’Uburayi muri Congo Kinshasa yagize ati: “Narababaye cyane igihe nabonaga ibaruwa izenguruka muribamwe dukorana irega Justin Bitakwira ariko aho niboneye ndatangara ukuntu ubumwe bw’u Burayi bushobora kwigira umuvugizi wa b’Anyamulenge (Tutsi), buvuga ko bagirwaho ingaruka nibyo Bitakwira avuga .
Ibyemezo byanyu n’inkaho bitanakomeye cyangwa mugabo n’inkaho bitabaho mugihe aba Kongomani bapfa bicwa n’ingabo z’igihugu gituranyi c’u Rwanda ndetse hamwe nabafatanyabikorwa babo aribo M23 mwarangiza mukicecera muba mutekereza koko?”

“Uyu Minisitre w’ubutabera Rose Mutondo, akaba yahamagariye uhagarariye ubumwe bw’u Burayi muri Congo Kinshasa ko mugihe cyogufatibyemezo kubanyagihugu ba Congo ko bagomba kuza babanza kureba minisitre w’ubutabera.”

Ibi bibaye mugihe ubumwe bw’u Burayi bwari buheruka gusaba ko ubutabera bwa Congo Kinshasa bukurikirana uwahoze ari Minisitiri w’itera Mbere muntara ya Kivu yamajy’Epfo Justin Bitakwira. Nimugihe ashinjwa invugo zikunze kwibasira abo mubwoko bw’Abatutsi (Banyamulenge).

Bitakwira, avuka mubwoko bwa b’Apfulero, batuye muri Kivu yamajy’Epfo, mugace ka Uvira akaba yarautse mumwaka wa 1961. Mubihe bye byose akunze gukoresha amagambo abiba amacakubiri hagati mumoko aturiye Uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Tags: Bw'u BurayiJustin BitakwiraMinisitiri w'ubutaberaRdcRose MutondoUbumwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails
Next Post

Yapfuye urukundo rwabo rutaramara amasegendo, umusore wo muri Turkiya ari mugahinda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?