• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Monusco kuva kwayo muri RDC, ngobiracari ngorahabahizi nimugihe hirindwa gushiraho igihe bavira muriki gihugu.

minebwenews by minebwenews
June 20, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Monusco ngoyaba Igiye kuva muri RDC, nkuko bivugwa na Bintou Keita na Patrick Muyaya ariko hakaba haribigikenewe ko itunganya.

You might also like

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 20.06.2023, saa 7:40Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

“Kugenda kwa MONUSCO nibyo iragenda ariko dukwiye kugenda mubwunvikane kandi mu mahoro. Ntushobora kuzuza misiyo mu munsi umwe gusa.” Ibi bikaba byavuzwe na Bintou Keita, uhagarariye umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye muri Republika ya Demokarasi ya Congo

Umuyobozi wa Monusco, Bintou Keita, kuruyu wa mbere tariki 19.06.2023, yakoze i kiganiro n’abanyamakuru muriki kiganiro kandi cyabayemo Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru, Patrick Muyaya.

Umuyobozi wa MONUSCO yibukije ko kugira ngo MONUSCO ikurwe mu nshingano barimo muri RDC hagomba kubanza kugaragazwa umubare wabagize inzego z’umutekano za RDC, mubice byose birimo abimuwe mu gihugu barinzwe na Monusco.

Nk’uko Bintou Keita abitangaza ngo kugenda kwa MONUSCO bikwiye gushingira ku miterere y’ibihe byingenzi byagezweho muri gahunda y’okugarura amahoro muri RDC ihuriyeho na Guverinoma ya Republika ya Demokarasi ya Congo.

kugabanya cyane iterabwoba rifitanye isano n’imitwe yitwaje intwaro bitewe nuburyo bwuzuye
ishyirwa mu bikorwa rya gahunda ya P-DDRCS
imitunganyirize y’amatora yizewe, mu mucyo, mu mahoro yakozwe mu gihe ntarengwa cy’itegeko nshinga.
Yagize ati:
“Ntidushobora gushyiraho itariki yokugenda Kwa Monusco.”

Patrick Muyaya we abitangaza ko “Guverinoma yemeye icyifuzo cy’abaturage cyo kuvana MONUSCO muri RDC, ariko avuga ko ibi bigomba gukorwa mu buryo buteganijwe, kandi bufite gahunda.”

Yavuze ko kubyerekeye kuvana ingabo za Monusco kubutaka bwa RDC, badashobora gushyiraho itariki, kubera ko haribintu byinshi bitateganijwe kandi bidashoboka.

Muyaya ati: “MONUSCO ikomeje kunyura munzira zose kugira ngo mu karere amahoro agaruke cyane muburasirazuba bwa RDC, bityo rero, hari ibihumbi by’abaturage bakuwe mubyabo, Ibi bagomba gusiga babishakiye umuti.”

Kuri Bintou Keita, uruhare rwa MONUSCO mu nzira y’amahoro ya Nairobi arifuza ko basiga bayishakiye umuti. Hakubiyemo kandi ubuhanga bwa Monusco mu gusezerera no kwambura intwaro imitwe yitwaje intwaro ndetse no kurengera abana nabadamu bakunze guhohoterwa.

Yongeyeho ko MONUSCO ishishikajwe no kubaha amasezerano ya Luanda na Nairobi.

Tags: Bintou KeitabiracogoranyeKinshasaKuva muri RDCMonuscoPatrick Muyaya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails
Next Post

Kuruyumunsi wahariwe Impunzi kw'Isi hasabwe ko herekanwa ibikorwa byagiye bihangwa n'impunzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?