• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Muri Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye minisitiri w’ingabo anavuga impamvu yabyo.

minebwenews by minebwenews
November 6, 2024
in World News
1
Muri Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye minisitiri w’ingabo anavuga impamvu yabyo.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Israel, Benjamin Netanyahu yirukanye minisitiri w’ingabo anavuga impamvu yabyo.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Minisitiri w’intebe muri Israel, Benjamin Netanyahu yirakanye minisitiri w’ingabo Yoav Gallant, asobanura ko umwirukanye kumpamvu z’uko batakicyumvikana.

Mu bisobanuro bwana Benjamin Netanyahu yatanze, yagaragaje ko yari amaze igihe kirekire yaratakarije uyu minisitiri w’ingabo z’iki gihugu icyizere.

Yanatangaje kandi ko yamusimbuje minisitiri w’ubabanye n’amahanga, Israel Katz.
Yaav Gollant wasimbuwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga, yakoresheje urubuga rwa x, avuga ko “umutekano wa Israel uzakomeza kuba intego nyamakuru y’ubuzima bwe.”

Gusa, amakuru ava muri icyo gihugu avuga ko iyirukanwa rya minisitiri w’ingabo z’iki gihugu, byateje imyigaragambyo, ahanini ikaba yabereye mu mujyi w’i Tel Aviv, abatavuga rumwe na Leta bahamagariye abaturage kwigaragambya.

Aya makuru anavuga ko Netanyahu atari akicyumva kimwe na Gallant ku byerekeye intambara igihugu cyabo kimazemo igihe ndetse ko ukutumvikana kwabo kukaba kwari kumaze igihe.
Gallant yifuza ko abaturage bashimuswe na Hamas barekurwa binyuze mu bwumvikane ndetse n’intambara muri Gaza igahagarara, ibyo Netanyahu adakozwa.

Ibindi uyu minisitiri wirukanywe, adakozwa ngo ni ukuntu abaturage ba Israel bo mu Idini rya Orthodox batajya mu gisirikare.

Ibyo bibaye kandi mu gihe Netanyahu yari yarirukanye, uyu minisitiri mbere y’uko intambara yo muri Gaza itangira, ariko akaza kumusubizaho ku gitutu cy’abaturage bari bakoze imyigaragambyo basaba ko agaruka kuri uyu mwanya.

Tags: IsraelNetanyahuYirukanyeYoav Gallant
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yageneye Donald Trump ubutumwa.

Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame yageneye Donald Trump ubutumwa.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    priligy tablets price 1995; Saigh et al

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?