• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Katanga barashinja Tshisekedi n’umuryango we kubasahura.

minebwenews by minebwenews
March 7, 2025
in Regional Politics
0
Muri Katanga barashinja Tshisekedi n’umuryango we kubasahura.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Katanga barashinja Tshisekedi n’umuryango we kubasahura.

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Ihuriro ry’amashyirahamwe y’abacukuzi b’amabuye y’agaciro n’amahuriro y’abacuruzi ndetse na za sosiyete sivili birashinja abo mu muryango wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo gusahura umutungo kamere muri Grand-Katanga.

Bikubiye mubyo batangarije ku kinyamakuru cya La libre cyo mu Bubiligi, aba Banye-Congo bagaragaje ko ikibazo cyo gusahura amabuye y’agaciro muri Grand-Katanga cyatangiye mu 2015, gifata intera ikomeye kuva mu 2019 ubwo Tshisekedi yageraga ku ngoma.

Aba banya-katanga bagaragaje ko abasirikare n’abo mu zindi nzego zishinzwe umutekano birirwa bahiga abantu bagerageza kugaragaza iki kibazo, mu buryo bushimangira ko abantu bakomeye bafite inyungu bwite mu birombe byo mu ntera zigize Grand-Katanga.

Bagize bati: “Abasirikare n’abo mu nzego z’umutekano, cyane cyane muri Kansai, bahiga abagaragaza ikibazo. Bigomba kuvugwa ko ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bunyuranyije n’amategeko bwinjiriza amafaranga menshi umuryango wa perezida Felix Tshisekedi n’abashoramari batari inyangamugayo.”

Umuyobozi w’ishirahamwe ry’ubucukuzi y’amabuye y’agaciro ryo mu ntara ya Lualaba, yatangaje ko yambuwe ikirombe cye n’umuvandimwe wa Tshisekedi witwa Christian Tshisekedi.

Ati: “Kuva mu 2019, ibintu byabaye bibi cyane . Katanga yabaye isanduku y’amafaranga y’umuryango wa perezida Felix Tshisekedi, ukura umutungo muri izi ntara, cyane cyane muri Lualaba, nyamara ntacyo ushorayo.”

Yasobanuye ko itegeko rishya rigenga ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro, risaba ko amafaranga menshi ava mu mutungo ukurwa mu ntara, aba agomba gukoreshwa mu bikorwa byaho by’ishoramari kugira ngo biyigeze imbere.

Ariko ibyo bikaba bidakorwa, ngo kuko umuryango wa perezida Felix Tshisekedi wohereza abantu benshi mu birombe barimo abanyamahanga baturutse muri Azia, bakahakura miliyoni z’amadolari buri mwaka, bakayohereza i Kinshasa.

Repubulika ya demokarasi ya Congo ni igihugu gikungahaye ku bwoko bwinshi bw’amabuye y’agaciro, gusa iterambere ry’ubukungu bwayo ryakomeje kudindira bitewe no kuba abayobozi baho bo mu nzego zitandukanye basahura umutungo kamere wayo. Grand-Katanga ni yo ifatwa nk’ikigega kinini cy’amabuye y’agaciro y’iki gihugu, yiganjyemo Cuivre, Cobalt, Gasegereti na Diamant.

Ingabo ziri mu mutwe urinda perezida Felix Tshisekedi ni zo zisigaye zirinda ibirombe byinshi byo muri Grand-Katanga.

Ariko nubwo ari uko abanyamuryango bo mu mashyirahamwe y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro ndetse na za sosiyete sivili bo muri iki gice beregereye umunyamategeko w’umubiligi, Me Bernard Maingain, kugira ngo abafashe kurega abafite uruhare mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yo muri Grand-Katanga bunyuranyije n’amategeko.

Tags: Amabuye y'AgaciroGrand KatangaGusahuraTshisekedi
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
FARDC irashinja Lubanga kurema umutwe urwanya ubutegetsi bwa RDC.

FARDC irashinja Lubanga kurema umutwe urwanya ubutegetsi bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?