• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Muri Rdc hasohotse raporo ya bakozi ba leta bahembwa ariko batabaho.

minebwenews by minebwenews
July 20, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Republika ya Democrasi ya Congo, ngwisanzwe ihemba abakozi batabaho(Waringa).

You might also like

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Yanditswe n’a: Bruce Bahanda, kw’itariki 20/07/2023, saa 9:00Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

I shamyi rishinzwe kugenzura imikorere nimihembere yabakozi bakorera Guverinema ya Republika ya Democrasi ya Congo baraye bashize ahagaragara raporo baribagizemo igihe kingana numwaka.

Ir’ishamyi rikaba ryari rimaze iyominsi yose bakurikirana uburyo abakozi ba Kinshasa bishurwa kukwezi ndetse no kumwaka.

Ni raporo yasohotse irimo ibibazo bikomeye cane cane ukuntu amafaranga asohoka arimenshi ariko ntagera kubakozi bakagombye kuyahemberwa .

Iyi raporo ikaba yatanzwe numuyobozi wiryotsinda r’ishinzwe kugenzura imihembere bwana Julari Ngete akaba yayitangiye imbere yabanshizwe kwishura abakozi mu gisirikare muri police mu Mashuri ndetse nabanditsi bakuru bibigo bya Guverinema ya Kinshasa.

Nkuko byavuzwe nuko iyo raporo yuzuyemo inenge ninshi aho basanze abakozi bagera kuri 145604 bishurwa na Guverinema ya Kinshasa ariko bakishurirwa kuco bise inyandiko mpibano.

Abakozi bagera kuri 53328 bakaba bishurwa nkuko biri ariko basanganwe inyandiko zoguhemberwaho zigera kuri zibiri , mbese bagahembwa inshuro zirenga rimwe.

Mugihe abandi bagera kuri 93356, bishurwa na leta ya Kinshasa mumibare itazwi nabandi bakozi bakorana.

Iyi raporo kandi yagaragaje ko hari undi mubare wabakozi ba leta bagera kuri 43725 bishurwa amafaranga aciye muri ministeri y’Ingabo ariko batazwi nibigo bakorera.

Hari rindi tsinda ryabantu bagera kuri 931 bakorera minisiteri yimari basanzwe bahemberwa muri ministeri zirenga zitanu kandi kugihe kimwe.

Ikigega ca Guverinema ya Kinshasa kikaba burigihe ico kwishura abakozi ku kwezi abazwi nabatazwi, Amafaranga asohoka ku kwezi murico kigega ca Congo Kinshasa akaba angana n’amafaranga mumafaranga ya Congo Kinshasa. 148.999.749.440.95 FC.

Uyu muyobozi akemezako abazafatwa nico cyaha bazahanwa nubutabera.

Ati : “Ibi biragayitse kandi abazafatwa bose bazaca Imbere yubutungane bahanwe byintanga rugero. Ikindi nuko yemeza ko ico gikorwa kigayitse kigiye guhagarara vuba nabwangu muri RDC.”

Tags: Abakozibahembwabatabahomuri RDCni raporo nsha
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails
Next Post

Umupfulero waraye akomerekeje umukobwa w'umunyamulenge Beauté Mujanukire akoresheje i Cyuma amaze gutabwa muriyombi.

Comments 1

  1. Ngarukiye nkingi says:
    3 years ago

    Congo ntiteze kuja kumurongo mumihembere yabakozi nikimungu chamaze kubamunga aho usanga umuntu yarapfuye kera cge baramwirukanye kukazi ariko bagakomeza kurya ifarangaze

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?