• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, July 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 30, 2025
in Religion
0
Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque
67
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ntacyo yasengeye, ariko yakoze amateka: Uko Papa Léon XIV yasuye Blue Mosque

You might also like

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

Papa Léon XIV, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, yatanze urugero rw’ubwubahane n’ubworoherane bw’amadini ubwo yasuraga umusigiti wa Blue Mosque mu mujyi wa Istanbul muri Turikiya. Nubwo atasenganye n’abayisilamu bahasengera, yinjiyemo yambaye amasogisi y’umweru, akuramo inkweto nk’ikimenyetso cyo kubaha aho hantu hatagatifu.

Iyi ni inshuro ya mbere Papa Léon XIV yinjira mu musigiti kuva atorewe kuyobora Kiliziya Gatolika. Yahamaze iminota 20 atambagizwa n’abayobozi b’umusigiti, ananyuzamo agaseka n’abari bamuherekeje, ariko ntiyifatanya nabo mu isengesho.

Uwarushinzwe kumutembereza, Askin Musa Tunca, yabwiye itangazamakuru ko yamubajije niba yifuza gusenga, Papa amusubiza ko yaje mu ruzinduko rwo gusura no kuzirikana.

Itangazo rya Vatican ryasohotse nyuma rivuga ko uruzinduko rwa Papa ryari rigamije “guteza imbere ubwubahane, ubumwe n’ubwumvikane hagati y’amadini, cyane cyane hagati ya Gikirisitu na Islam.

Mu gihe bari basoje uruzinduko, habaye akanya ko guseka ubwo Papa yabonye icyapa cyanditseho ngo “Nta gusohoka” hafi y’urwinjiriro, maze abwira Tunca ati: “Handitse ngo nta gusohoka,” undi na we aramusubiza ati: “Nta bwo ukwiye gusohoka, guma hano.”

Uyu musigiti wa Blue Mosque, wakira abarenga ibihumbi 10, ni umwe mu hasurwa cyane muri Turikiya. Papa Léon XIV yabaye uwa gatatu mu batambagijwe muri uyu musigiti, akurikiye Papa Benedict XVI (2006) na Papa Francis (2014). Papa John Paul II ni we wa mbere mu mateka ya Kiliziya Gatolika wasuye umusigiti mu 2001 ubwo yaganaga muri Syria.

Kuva icyo gihe, ba Papa bane bamaze kugaragara mu bikorwa byo gusura imisigiti no guhura n’abayobozi b’idini ya Islam, nk’ikimenyetso cy’ubutumwa bwo gusenyera umugozi umwe mu kwimakaza amahoro, ubworoherane n’ubwumvikane mu Isi yugarijwe n’amakimbirane y’amadini.

Uruzinduko rwa Papa Léon XIV muri Turikiya rurakomeza kugeza ku wa 30/11/2025, aho azakomereza urugendo rwe muri Liban.

Tags: IstanbulLeonPapa
Share27Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana” MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umushumba Mukuru w’Itorero Zion...

Read moreDetails

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Abantu umunani (8) bapfuye, mu gihe abandi icyenda...

Read moreDetails

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

by Bahanda Bruce
July 19, 2026
0
Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw'Ihumure n'Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Kuri iki Cyumweru, mu gace ka Minembwe...

Read moreDetails

MINEMBWE: Igitaramo Cyo Gushima Imana Cyahurije Abantu Benshi ku Mutanoga, Hatangwa Ubutumwa bw’Ibyiringiro n’Amahoro

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
MINEMBWE: Igitaramo Cyo Gushima Imana Cyahurije Abantu Benshi ku Mutanoga, Hatangwa Ubutumwa bw’Ibyiringiro n’Amahoro

MINEMBWE: Igitaramo Cyo Gushima Imana Cyahurije Abantu Benshi ku Mutanoga, Hatangwa Ubutumwa bw'Ibyiringiro n'Amahoro MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijoro ryo ku wa Kane rishyira ku wa Gatanu,...

Read moreDetails

Pasitori Kavoma: “Intambara iri kubera muri RDC ni iya nyuma,” Yanavuze Igihe Kigiye Gukurikira mu Mateka y’Akarere

by Bahanda Bruce
July 14, 2026
0
Pasitori Kavoma Yatanze Ubuhanuzi Bukomeye, Agaragaza Ibyo Avuga Ko Bigiye Kuba muri RDC

Pasitori Kavoma: "Intambara iri kubera muri RDC ni iya nyuma," Yanavuze Igihe Kigiye Gukurikira mu Mateka y'Akarere MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Papa Léon XIV yashimangiye ko umutekano urambye hagati ya Israel na Palestine ushingiye ku ishingwa rya Leta ya Palestine

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?