• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshilombo, yongeye ku mvikana mu burakari bwinsi y’ikoma u Rwanda, ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
March 30, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshilombo, yongeye ku mvikana mu burakari bwinsi y’ikoma u Rwanda, ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshilombo, yongeye kwa magana u Rwanda ku ntambara ibera mu burasirazuba bwa RDC.

You might also like

AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe”

Ese FNL Yaba Igana ku Ntambara Nshya? Gen. Nzabampema Yongeye Kugaragaza Umugambi wo Kurwanya Ubutegetsi bwa CNDD-FDD

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

Ni mu kiganiro perezida Félix Tshisekedi yahaye itangaza makuru rya Le Monde Afrique, kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 29/03/2024.

Tshisekedi yavuze ko atangazwa n’uko u Rwanda rutaryozwa ibyago ruteza igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku ntambara igisirikare cye, gihanganyemo n’umutwe wa M23, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwicyo gihugu.

Yagize ati: “Mwaba muzi ibihano bimaze gufatwa ku ntambara y’u Burusiya na Ukraine? Nanjye sinabimenya byose, kuko bimaze kuba byinshi. Vuba aha muzi urupfu rwa Alexeï Navalny(utaravuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burusiya), Muri Congo hamaze gupfa abantu miliyoni 10. None nibihe bihano byari byafatirwa u Rwanda? Ntabyo. Kandi mu gihe Kagame agiye mu Buraya ba musasira tapi rouge. Mbwira icyo ari cyo.”

Yakomeje agira ati: “Tugomba gutandukanya ingano n’umurima. Mu gisirikare cyacu harimo abagambanyi. Ntabwo ari mubavuga ururimi rw’i kinyarwanda gusa, hari n’Abanyekongo, turwana n’umwanzi ugaragara, u Rwanda, ndetse n’umwanzi utagaragara, abinjiye munzego z’u buyobozi.”

Tshisekedi kandi yavuze ko ababazwa n’inkunga y’amafaranga umuryango w’u bumwe bw’u Burayi baheruka gusezeranya igisirikare cya RDF, ni mu gihe muri iki Cyumweru, uwo muryango watanze inkunga ingana na miliyoni 20 z’amayero ku ngabo z’u Rwanda.

Iyo nkunga yatanzwe mu rwego rwo gufasha igisirikare cy’u Rwanda guhangana n’imitwe y’iterabwoba y’aba Jihadiste, mu gihugu cya Mozambique.

Mu gihe cyo kw’iyamamaza kwa Tshisekedi mu mpera z’u mwaka ushize, yari yasezeranyije Abanyekongo ko azatera u Rwanda, avuga ko azarasa i Kigali yiyicariye i Goma.

Kuri ubu uwo Mujyi wa Goma uzengurutswe n’ingabo za M23 ashinja gufashwa n’u Rwanda, n’ubwo rwo rubitera utwatsi hubwo rugashinja Tshisekedi n’ubutegetsi bwe gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda.

Ibi Tshisekedi yongeye ku bigarura mu gihe ibihugu birimo na Angola bari munzira yokunga u Rwanda na Congo Kinshasa, mu rwego rwo gushakira amahoro u Burasirazuba bwa RDC n’akarere kose muri rusange.

              MCN.
Tags: BwinshiTshisekediYikoma u RwandaYongeye k'umvikana mu burakari
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe”

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe”

AFC/M23 Itangaje Ikibazo Gikomeye Nyuma y’Irekurwa ry’Abafungwa 15: “6 Nta Ho Bahuriye Natwe” Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko abantu 15 barekuwe na Leta ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Ese FNL Yaba Igana ku Ntambara Nshya? Gen. Nzabampema Yongeye Kugaragaza Umugambi wo Kurwanya Ubutegetsi bwa CNDD-FDD

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Ese FNL Yaba Igana ku Ntambara Nshya? Gen. Nzabampema Yongeye Kugaragaza Umugambi wo Kurwanya Ubutegetsi bwa CNDD-FDD

Ese FNL Yaba Igana ku Ntambara Nshya? Gen. Nzabampema Yongeye Kugaragaza Umugambi wo Kurwanya Ubutegetsi bwa CNDD-FDD MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umwuka wa politiki n’umutekano mu Burundi wongeye...

Read moreDetails

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

by Bahanda Bruce
August 9, 2026
0
“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye

“Igihe Kirageze ngo Abarundi Bahindure Ubutegetsi”: Pamella Wavuye muri Canada Ajya muri Red-Tabara Yatanze Ubutumwa Bukomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umurundikazi witwa Pamella Mubeza, uheruka kuva muri Canada...

Read moreDetails

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru

Byakomeye: Abasirikare b’u Burundi Bivugwa ko Basabye Kuvanwa ku Rugamba muri RDC — Dore Ibikubiye muri Iyi Nkuru MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Amakuru akomeje guturuka mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir

Doha en première ligne : la RDC prête à mettre en œuvre ses engagements, mais où se situe le véritable défi ? Voici ce qu’il faut retenir MINEMBWE...

Read moreDetails
Next Post
Abavuga ko Joseph Kabila, wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko yahunze igihugu, bahawe igisubizo.

Abavuga ko Joseph Kabila, wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko yahunze igihugu, bahawe igisubizo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?