• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Ruto yashinjwe gukorana n’umutwe wa M23.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2025
in Regional Politics
0
Perezida Ruto yashinjwe gukorana n’umutwe wa M23.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Ruto yashinjwe gukorana n’umutwe wa M23.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Guverinoma ya Kenya iyobowe na perezida Samue William Ruto, yashinjwe gukorana n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa RSF wo muri Sudan n’u wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Ni mukiganiro uwahoze ari visi perezida wa Kenya, Rigath Gachagua yagiranye n’igitangaza makuru cya KTN news mu ijoro ryo ku wa mbere muri iki cyumweru.

Muri iki kiganiro Gachagua yavuze ko ubuyobozi bwa perezida William Ruto ari guverinoma y’ubucuruzi, ayishinja amakosa ya dipolomasi no kungukira mu makimbirane yo mu karere, kandi ko akorana n’imitwe nka m23, ndetse kandi ko yivanga mu bibazo bya Sudan.

Avuga ko uyu mukuru w’iki gihugu cya Kenya yateje imvururu mu gihugu cya Sudan binyuze mu bikorwa bivugwa ko bifitanye isano n’ubucuruzi agirana na Mohamed Hamediti, umuyobozi wumutwe wa Rapid Support Forces(RSF).

Yagize ati: “Ku mfu ziri kugaragara muri Sudan, komanda mukuru wa RSF ntabwo ari Hemediti, ni William Ruto, kuko kugira ngo umutwe ukore neza ukenera amafaranga.”

Yakomeje ashimangira ko Ruto yagiranye amasezerano ya zahabu na Hamediti mu 2023 kandi ku giti cye yagize uruhare mu kumwoherereza mu rwego rwa dipolomasi.

Gachagua kandi yavuze ko Ruto yakoresheje umubano w’ubanye n’amahanga wa Kenya kugira ngo yorohereze magendu yazahabu.

Yagize ati: “Ari gukoresha igihugu cyacu, binyuze mu bucuti bwanyu, mukuzana zahabu ivuye muri Sudan, kuyisukura i Nairobi, kuyohereza mu Burasizuba bwo hagati no gukoresha amafaranga yavuyemo mu kugura intwaro.”

Ubundi kandi yashinje Ruto kwivanga mu ntambara ibera mu Burasizuba bwa Congo, avuga ko akorana n’umutwe wa M23, ndetse kandi ko bakorana nawo ubucuruzi bwa zahabu mu karere.

Avuga kandi ko Ruto afitanye amasezerano y’ubucuruzi na perezida wa Kosovu, Vjoso Osmani.

Yakomeje avuga ko inyungu z’ubucuruzi za Ruto zitera icyaha, kandi ko zibangamira umubano w’ububanyi n’amahanga Kenya igirana n’ibihugu nka Serbia n’u Burusiya.

Gachagua asaba ko amahanga yakurikirana Ruto kandi akamubaza ibyo akomeje gukora, ndetse ngo akabihanirwa.

Umwaka ushize wa 2024, ni bwo guverinoma ya perezida William Ruto yirukanye Gachagua ku mwanya wa visi perezida w’igihugu, aho yamushinje ibyaha birimo icengezamatwara ni mugihe byarimo bivugwa ko arimo gukangurira urubyiruko kurwanya ubuyobozi, no gusuzugura umukuru w’igihugu n’ibindi.

Tags: M23RutoSudan
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
President Ruto has been accused of Collaborating with the M23 Group.

President Ruto has been accused of Collaborating with the M23 Group.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?