• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

minebwenews by minebwenews
July 10, 2025
in World News
0
Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

You might also like

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Umukuru w’igihugu cya Kenya, William Ruto, yategetse igipolisi kurasa mu maguru abakora imyigaragambyo bagamije no kwangiza ibikorwaremezo by’abaturage.

Ni itegeko perezida Ruto yatanze ku munsi w’ejo hashize tariki ya 09/07/2025, nyuma y’uko imyigaragambyo ikomeje mu gihugu cye.

Yagize ati: “Umuntu wese uzafatwa ari gutiwika ibicuruzwa by’undi muntu cyangwa ibye, polisi ijye ihita imurasa mu maguru, aje kwa muganga, hanyuma ajanwe imbere y’ubutabera. Nti mumwice, ariko muzamuvunagure.”

Yanaboneye gusaba abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe, kwinjira mu myigaragambyo bagafasha abayirimo kubaha inama y’uburyo bayikora neza byemewe n’amategeko.

Perezida William Ruto yemera ko hari ikibazo cy’ibura ry’akazi ku rubyiruko, ariko akavuga ko icyo kibazo cyari kihasanzwe kuva na mbere y’uko aja ku butegetsi mu 2022. Akavuga ko ubutegetsi bwe ari bwo bwa mbere buteye intambwe yo kugitorera umuti ngo nubwo urwo rubyiruko ruri mu myigaragambyo.

Ruto w’imyaka 58 y’amavuko yibaza impamvu aba Kenya bahisemo guhangana n’ubutegetsi bwe kuri uru rwego rukabije ugereranyije n’indi myigaragambyo yagiye iba ku bundi butegetsi bwa mubanjirije.

Yagize ati: “Kubera iki aka kajagari k’u butegetsi bwanjye?

Aha yahise abwira abashobora kuba bari muri iyi myigaragambyo bitwaje politiki ishingiye ku moko, ababurira ko bo bakwiye kwirinda cyane, ngo kuko bo adashobora kubihanganira nabuke!

Ati: “Mushobora kunyita amazina yose mwumva mwonyita, ariko nzaharanira kugira igihugu cyanjye Kenya kirangwemo amahoro n’umutekano, kandi nta politiki y’amoko ikirimo.”

Imyigaragambyo yabaye ku wa mbere yarigamije kwibuka urugamba rwa Kenya rwamaze imyaka mirongo rwo guharanira demokarasi, ariko yabayemo imidugararo ikomeye mu turere 17 kuri 47 tugize igihugu cya Kenya.

Abari muri iyo myigaragambyo barimo baririmba bagira bati: “Ruto akwiye kuhava” na Wantam; bivuze kwa “gomba kuyobora manda imwe.”

Kimwecyo abaharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu ku rwego rw’iki gihugu cya Kenya aribo KNCHR, batangaje ko “umubare wabagwa mu myigaragambyo ukomeje kwiyongera, aho bahise banagira bati: “Twamaganye twivuye inyuma ihonyora ry’ikiremwamuntu iryo ariryo ryose. Turasaba ko ababigizemo uruhare babibazwa, barimo abapolisi, abasivili hamwe n’abandi bose bafite munshingano.”

Tags: ImyigaragambyoKurasa mu maguru
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

by Bahanda Bruce
July 24, 2026
0
Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n'Ibikomeye Babarizwaho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Igikorwa cyo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya w'Umuryango w'Abibumbye (Loni/ONU) kigeze mu...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze, uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo za RDC, ari mu mazi abira.

Byakaze, uwahoze ari umugaba mukuru w'ingabo za RDC, ari mu mazi abira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?