• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Trump yagaragarije mugenzi we Putin uburakari bw’umuranduranzuzi.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2025
in World News
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Trump yagaragarije mugenzi we Putin uburakari bw’umuranduranzuzi.

You might also like

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, yatangaje ko mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, atajyayubahiriza ibyo baba bavuganye byerekeye guhagarika intambara kuri Ukraine, bituma amuvugaho amagambo akakaye, agaragaza uburakari bwinshi.

Hari mu kiganiro perezida Trump yagiranye n’itangazamakuru muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Iki kiganiro yagikoze nyuma y’aho aganiriye na minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer.

Trump yavuze ko yababajwe bikomeye n’imyitwarire ya perezida Putin kuri Ukraine nyuma y’ibiganiro byagiye bibahuza bifashije telefone, bigamije kurangiza intambara imaze imyaka itatu ihanganishije Ukraine n’u Burusiya.

Trump wagiye ashinjwa kenshi kwihanganira u Burusiya mu bihe bitandukanye, kugeza ubwo yabanje guhagarika guha intwaro Ukraine, nubwo yaje kwisubiraho, yari aherutse kuvuga ko yahaye u Burusiya iminsi 50 yo guhagarika intambara. Ariko iyi minsi kubera uburakari yayigabanyije, ayigira 10.

Uyu mukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yanagiye avuga ko Putin ari “umusazi,” kandi ko akunda “intambara.” Yari anaheruka gutanga ubutumwa kuri Truth Social avuga ko Putin yamaze gusara.

Yagize ati: “Nabivuze kera ko Putin ashaka Ukraine yose, atari igice cyayo gusa, kandi wenda bigiye kugaragara ko ari byo. Ariko naramuka abikoze, bizatuma u Burusiya bwibagirana ku isi.”

Trump yavuze ko ashobora gutangaza ikindi kintu kubera ko nta mpamvu yo gutegereza, ibindi byemezo niba Putin adashaka kujya mu biganiro.

Avuga ko buri gihe ajya tekereza ko bigiye kurangira, yaja kumva akumva Putin yishe abantu muri Ukraine.

Umuyobozi mukuru w’ibiro bya perezida wa Ukraine, Andriy Yermak, yashimiye icyemezo cya Perezida Trump cyo kugabanya igihe ntarengwa cy’iminsi 50 yari yahaye u Burusiya ngo bwemere guhagarika intambara.

U Burusiya bwashoye intambara kuri Ukraine mu kwezi kwa kabiri umwaka wa 2022.

Kugeza ubu u Burusiya buyigabaho ibitero bikaze, ndetse kandi imaze no kwigarurira imijyi imwe n’imwe yo muri iki gihugu.

Tags: IntambaraPutinTrumpUburakari bw'umuranduranzuziUkraine
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye

by Bahanda Bruce
April 21, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Perezida Trump akomeje kongera igitutu, mu gihe Iran ihagaze ku cyemezo gikomeye Mu gihe umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ukomeje kujya mu kangaratete,...

Read moreDetails

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

Iyo urota umuntu wapfuye waruzi ko hari igisobanuro bifite kubuzima bwawe bwite? Ibirambuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?