• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Uganda Kaguta Museveni yagize icyavuga ku ntsinzi ya Paul Kagame w’u Rwanda ndetse no ku muryango wa RPF.

minebwenews by minebwenews
July 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Uganda Kaguta Museveni yagize icyavuga ku ntsinzi ya Paul Kagame w’u Rwanda ndetse no ku muryango wa RPF.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Uganda Kaguta Museveni yagize icyavuga ku ntsinzi ya Paul Kagame w’u Rwanda ndetse no ku muryango wa RPF Inkotanyi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ahagana isaha z’umugoroba w’ejo ku wa Gatatu tariki ya 17/07/2024, Yoweli Kaguta Museveni, umukuru w’igihugu cya Uganda yashimiye Paul Kagame w’u Rwanda wegukanye intsinzi mu matora y’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda yabaye ku wa Mbere w’iki Cyumweru.

Perezida wa Uganda akoresheje urubuga rwa x, yabwiye mu genzi we w’u Rwanda Paul Kagame ko kuba yongeye gutorerwa kuyobora igihugu cy’u Rwanda ari igihamya cy’icyizere Abanyarwanda bafitiye imiyoborere ye.

Ati: “Nyakubahwa Paul Kagame, ndangira ngo ngushimire wowe n’ishyaka rya RPF Inkotanyi ku bw’intsinzi mu matora y’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda. Kongera gutorerwa kwawe ni igihamya cy’icyizere Abanyarwanda bafitiye imiyoborere yawe.”

Yakomeje avuga ko Uganda ifata u Rwanda nk’umufatanya bikorwa w’imena mu cyerekerezo gihuriwe kigana ku kwimakaza amahoro n’iterambere, ashimangira ko ibihugu byombi bizakomeza ‘gukorana mu bifite inyungu ibihugu byacu n’umuryango wa Afrika y’iburasizuba.”

Ku mugoroba wo ku wa Mbere nibwo komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ibyavuye mu matora, perezida Paul Kagame aza afite amajwi 99.15%.

Uwaje ku mwanya wa Kabiri ni bwana Frank Habineza wagize amajwi 0.53%, mu gihe Philippe Mpayimana we yagize 0.35%.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yiyongereye ku bandi bayobozi bashimiye Paul Kagame ku bw’intsinzi yegukanye ma matora y’u mukuru w’igihugu, barimo Perezida wa Kenya William Ruto, Andry Rajoelina wa Madagascar, Umaro Sissoco Ambalo wa Guinea-Bissau na Samia Suluhu Hassan wa Tanzania.

Barimo kandi na minisitiri w’intebe wa Ethiopian, Dr Abiy Ahmed cyo kimwe na perezida Philippe Nyusi wa Mozambique.

          MCN.
Tags: Musevi wa UgandaYagize icyavuga ku ntsinzi ya Paul Kagame
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanduye COVID-19.

Perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z'Amerika yanduye COVID-19.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?