• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida wa Uganda Kaguta Museveni yagize icyavuga ku ntsinzi ya Paul Kagame w’u Rwanda ndetse no ku muryango wa RPF.

minebwenews by minebwenews
July 18, 2024
in Regional Politics
0
Perezida wa Uganda Kaguta Museveni yagize icyavuga ku ntsinzi ya Paul Kagame w’u Rwanda ndetse no ku muryango wa RPF.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Uganda Kaguta Museveni yagize icyavuga ku ntsinzi ya Paul Kagame w’u Rwanda ndetse no ku muryango wa RPF Inkotanyi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni ahagana isaha z’umugoroba w’ejo ku wa Gatatu tariki ya 17/07/2024, Yoweli Kaguta Museveni, umukuru w’igihugu cya Uganda yashimiye Paul Kagame w’u Rwanda wegukanye intsinzi mu matora y’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda yabaye ku wa Mbere w’iki Cyumweru.

Perezida wa Uganda akoresheje urubuga rwa x, yabwiye mu genzi we w’u Rwanda Paul Kagame ko kuba yongeye gutorerwa kuyobora igihugu cy’u Rwanda ari igihamya cy’icyizere Abanyarwanda bafitiye imiyoborere ye.

Ati: “Nyakubahwa Paul Kagame, ndangira ngo ngushimire wowe n’ishyaka rya RPF Inkotanyi ku bw’intsinzi mu matora y’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda. Kongera gutorerwa kwawe ni igihamya cy’icyizere Abanyarwanda bafitiye imiyoborere yawe.”

Yakomeje avuga ko Uganda ifata u Rwanda nk’umufatanya bikorwa w’imena mu cyerekerezo gihuriwe kigana ku kwimakaza amahoro n’iterambere, ashimangira ko ibihugu byombi bizakomeza ‘gukorana mu bifite inyungu ibihugu byacu n’umuryango wa Afrika y’iburasizuba.”

Ku mugoroba wo ku wa Mbere nibwo komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ibyavuye mu matora, perezida Paul Kagame aza afite amajwi 99.15%.

Uwaje ku mwanya wa Kabiri ni bwana Frank Habineza wagize amajwi 0.53%, mu gihe Philippe Mpayimana we yagize 0.35%.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yiyongereye ku bandi bayobozi bashimiye Paul Kagame ku bw’intsinzi yegukanye ma matora y’u mukuru w’igihugu, barimo Perezida wa Kenya William Ruto, Andry Rajoelina wa Madagascar, Umaro Sissoco Ambalo wa Guinea-Bissau na Samia Suluhu Hassan wa Tanzania.

Barimo kandi na minisitiri w’intebe wa Ethiopian, Dr Abiy Ahmed cyo kimwe na perezida Philippe Nyusi wa Mozambique.

          MCN.
Tags: Musevi wa UgandaYagize icyavuga ku ntsinzi ya Paul Kagame
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika yanduye COVID-19.

Perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z'Amerika yanduye COVID-19.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?